Yanditswe ku itariki ya: 10-11-2011 - Saa: 13:35'
Ibitekerezo
(
)
Kuri uyu wa kane James Kimonyo uhagarariye u Rwanda muri Leta zunze ubumwe z’Amerika, arasura Kaminuza ya Arkansas aho ari bwitabire ibirori bijyanye n’umuco wo kurambagiza no gusaba mu Rwanda rwo hambere byateguwe n’abanyeshuli b’abanyarwanda bahiga.
|