Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Ibitekerezo   ( 1297 )

Ndasaba ko mwatubariza. ewasa impamvu itaduha amazi Muri Nyakabanda mu akarere ka Nyarugege hashize igihe tutayabona.

Bingwa yanditse ku itariki ya: 23-01-2014

twabasabaga amakuru y,omukagari ka rutare umurege wa rwemasha.murakoze

kampala yanditse ku itariki ya: 22-01-2014

mutubarize meya wa kirehe umuriro yatwemereye umurenge wa musaza tukaba amaso yaraheze hejuru, aha ewsa akazi karayinani pee!!

alias yanditse ku itariki ya: 22-01-2014

turasaba meya wa nyagatare ko yadusabira EWSA ko yaduha umuriro mukagari ka RUTARE Umurenge wa Rwempasha bahutunyujije ejuru ugana mumurenge wa rwempasha
ubwigunge butumereye nabi murakoze muzabitugerezeyo merici

murenzi simeon yanditse ku itariki ya: 21-01-2014

Turasaba meya wa nyagatare yatuvuganira kuri EWSA ko yatunyujije umuriro ejuru mukagari ka RUTARE umurenge wa Rwempasha turasaba ko bahuduha murakoze

THEOGENI yanditse ku itariki ya: 21-01-2014

umudugudu wa gihira akagari ka nyabitare umurenge wa gacurabwenge akarere ka kamonyi turagaya ewasa yatubeshye umuriro muri 2011 nanubu amaso yaheze mukirere kandi twaratanze amafranga yibanze baratubaruye kera

Nizeyimana Manasse yanditse ku itariki ya: 21-01-2014

gusa mukomerezaho nikorana buhanga ryacu kuko biradufasha mugutera imbere good

kayiranga inncent yanditse ku itariki ya: 18-01-2014

ndasaba ko mwatubariza reb(rwanda education board)igihe ibizamini bya leta bizasohokera.

mugisha christian yanditse ku itariki ya: 15-01-2014

Turabashimira umwanya mwaduhaye wo gutanga ibitekerezo ndetse nibyifuzo.murabantu babagabo pe.!none ndagirango mbatume kuri EWASA.hano irwamagana mu murenge wa gishari mukagali ka kavumu.bakomeje kuduheza mwicura bucuraburindi kuko nitwe twenyine dusigaye mukarere tudafite amashanyarazi kdi bahashyize transifon igiye kuhamara umwaka,nimubarize mwakabyaramwe uyu mwaka natwe ducanirwe ibyo byiza natwe bitugereho.tx

Samuel BIGIRIMANA(bebe,kang to) yanditse ku itariki ya: 6-01-2014

Nuko imikorere arimyiza

Dadi yanditse ku itariki ya: 4-01-2014

Abana Bakoze Icyiciro Rusange Rwisumbuye Ibizamini Biza Soka Ryari Sawa Murakoze

Munyaneza Patrick yanditse ku itariki ya: 4-01-2014

urubyiriko rwa Kicukiro-RYOSD turashimira H.E.Paul Kagame uburyo akomeje gutoza urubyiruko kwigira no kwihesha agaciro twe twabigezeho hehe na chomage.

RYOSD yanditse ku itariki ya: 2-01-2014

Dushimiye umuryango w urubyiruko RYOSD ukomeje kwimakaza indangagaciro na kirazira ariko ubikesha umutoza e intore Richard arasobanutse pe!!

alias yanditse ku itariki ya: 2-01-2014

si igitekerezo ndashima EWSA mu karere ka musanze umurenge wa cyuve ko yakemuye ikibazo cy’amashanyarazi yaburaga buri mugoroba

faustin kagenzi yanditse ku itariki ya: 1-01-2014

ruswa isaniyacitse mugihugu cyacu,ariko mwitangwa ryakazi ntiracika,ababishinzwe mudufashe mukarere ka bugesera umurenge wa nyarugenge.

nyandwi yanditse ku itariki ya: 29-12-2013

ndashakaumukunyi

uwumviyimana jdye yanditse ku itariki ya: 28-12-2013

Uwiteka akomeze abagende imbere mubyo mukora byose.

Turabashima pe! yanditse ku itariki ya: 27-12-2013

muraturyohereza

wilson yanditse ku itariki ya: 26-12-2013

umudugudu wa karambi, akagari ka kigarama, umurenge wa kanjongo, akarere ka nyamasheke,abajura bibye inka bayihisha munzu ukwezi kuzima none bafashwe bari kuyibaga le24/12/2013 saa07;00 za mugitondo.

Honore’ yanditse ku itariki ya: 25-12-2013

33#ese Ko Abakozi Bubatse I poste De Sante Mwezi/gasayo Abakozi Ntibahembwe Ikiciro Cyagatatu Ubu Aho Bafashe Idene Ntibabaye Abahemu Kubera Kudahebwa Sinabura Kurangiza Ndashimiye Paul Kagame Kuko Umutekano Dufite Tuwukesha We! Hamwe Nabaturage Bizaniye Umuriro Harimo Mbonabucya Romouard Misago Fabien Karisite Ndereya Barihuta Mathias Nabontabashe Kuvuga Nabo Mbashimiye Ubwitange Nigikorwa Bakoze Murakoze

072863266307886326640785632664 yanditse ku itariki ya: 24-12-2013

mu karere ka nyabihu, umurenge wa mukamira, akagari ka rugeshi. ubutaka bw’abaturage bwarabaruwe babaka n’impapuro z’ubutaka zabo maze ntibabaha ingurane. none inzara ibamereye nabi. mufashe abaturage babone ingurane cg basubizwe ubutaka.

alias yanditse ku itariki ya: 23-12-2013

Ese uyo muntu sibimugora ari murugendo

Ngendahayo therence yanditse ku itariki ya: 23-12-2013