Urban Boyz yihariye ibikombe muri Salax Awards 2012!

13/03/2013 - 09:57     

Ibitekerezo ( 9 )

ewana icyo nababwira nuko abahanzi bacu bakomerezaho kdi pe barabinzi kuririrmba reba nka THE BEN /AMAGI THE BRACK/ JEIPOLI ariko we sinzi impamvu mumuca intege mujye nawe mumuha courage mubunzima arakenerwa

Dj Claude yanditse ku itariki ya: 17-04-2013

ewana icyo nabwira abacurazi bacu bashyiremo akabaraga gusa naho ubundi music nyarwanda irigutera imbere bishimishije cyne jye ubundi nkunda THE BEN Cyaneeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeeee

yanditse ku itariki ya: 17-04-2013

Abahanzi bacu nibezape turabemera ariko ntibakibande kurukundo rwa sore na kobwa gusa nimibereho rusanjye y;abanyarwanda bajye baririmbaho’cg bagire icyiciro runaka batekerezaho eg.nkuko mushiki wacu nkunda cyane Knowless yatekereje kuri bariya babyeyi,ndamushimira cyane mubwira nti Courage nabandi muzarebereho,thx to u all.

Robert yanditse ku itariki ya: 20-03-2013
  Pages:

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.