Risubize aho uri kuye

Yanditswe ku itariki ya: 4-02-2013 - Saa: 18:19'
Ibitekerezo ( 1 )

Uko iterambere rigenda riza, ni nako ryageze no mu mazina y’abantu. Aho usanga amazina yari maremare yagiye ahinwa kugira ngo rijyane n’igihe tugezemo.

Ibitekerezo

Abitwaga ba Yohani cyangwa Jean ubu ba John, ba Petero cg Pierre ni ba Peter Tereza yabaye Teddy, Pasikaziya yabaye Paccy, Benedigito cg Benoit ubu ni Benon, wibeshye umuhamagare Petero wararimuhamagaraga mbere ya Jenoside yakorewe Abatutsi arakwirenza.

Muvunyi yanditse ku itariki ya: 26-02-2013
Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze, Turabashimiye.

Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile