mutubwira ibyingenzi turabemera cyane kabisa kuringe ningenzi nababa bakurikiranye nabo ndabizi barabemera.
Mukomereze aho kuko umuntu areba amakuru yose agezweho nk’aho uhibereye, ikindi kandi television iba iri imere yawe.Ibyo rero ni ibyo vkwishimirwa kuko bigaragaza iterambere mu ikoranabuhanga.
njyewe nkunda urunana numuryango wanjye nifurije abahanzi babo kugira amahirwe menshi cyanecyane nadine akomerezaho
ok njywe ni furije umnsi mwiza abagize umunsi nkuwa kanyo
Njyewe numva abagore nabo bagerageza gutinyuka bakihangira imirimo:urugero ubukorobate,ubwubatsi,.......
kanyumbya niwe musitari abandi bara tubesha pe
Please leave this field empty: