TEMARIGWE yongeye kwerekana Ubuhanga mu Kurya!

16/07/2012 - 17:41     

Ibitekerezo ( 96 )

Hazabeho n’irushanwa ryo guhinga cyane.Bakareba uwahinga uduparcelle twinshi tw’umuceri mu gihe gito. Bitabaye ibyo, icyo Jeune TEMARIGWE alias TEMARITOS asaba Ministeri y’urubyuruko n’umuco ntibyazagerwaho. Abakinnyi baboneka bakabura icyo bakiniraho. Byongeye kandi, uko Ngunda uko yaryaga niko yahingaga

ndomsa yanditse ku itariki ya: 18-10-2013

muturinde temarigwe wasanga ariwe uduteje izuba kuko imana mirahaniraho.

hirwa asciel yanditse ku itariki ya: 18-10-2013

Ariko Mfite Amatsiko Buriya Temarigwe Murugo Rwe Abona Ibimuhaza?

Nsekanabo Clever Claude yanditse ku itariki ya: 12-10-2013
  Pages:

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.