Turashaka abagabo bacu di!

Yanditswe ku itariki ya: 12-07-2012 - Saa: 11:56'
Ibitekerezo ( 6 )

Kubera imyidagaduro y’ikimansuro abagore barahangayitse cyane kubera ko abagabo benshi batagitaha kare ndetse n’ihaho bageneraga ingo zabo ryaragabanutse.

Ibitekerezo

nta mugore nta mugabo.

kiziriko yanditse ku itariki ya: 2-08-2012

ntimukarebe kuruhande rumwe, ese abo bagabo baba baterefonnye abandi bagabo. nta mugabo nta mugore b’iki gihe bose ni bamwe.

kiziriko yanditse ku itariki ya: 2-08-2012

Ikimasuro ibyinwagute?

Safari mwesigwa yanditse ku itariki ya: 20-07-2012

yeah ibyo bagusobanuriye ku ikimansuro nibyo, icyo nakongeraho ni uko ari imbyino ikomoka mu gihugu cya Uganda, akenshi muri turiya tubyiniro ibyinwa n’abagande.

hi yanditse ku itariki ya: 13-07-2012

wowe udasobanukiwe ikimansoro,ni imibyinire idasanzwe ikunda kugaragara mutubyiniro aho usanga abayibyina baba bambaye imyambarire idasanzwe ibagaragaza uko bateye.iyo mibyinire akenshi bakunze kuyita karaoke.

yanditse ku itariki ya: 13-07-2012

ikimansuro ni ibiki njye munsobanurire!ni uruhe rurimi?

le simple yanditse ku itariki ya: 13-07-2012
Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.


Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile