Uko byari bimeze ubwo Senegal yatsindaga Amavubi-Amafoto

Ikipe y’igihugu ya Senegal yatsinze Amavubi ibitego 2-0 mu mukino wa gicuti wabereye kuri Stade Amahoro kuri uyu wa Gatandatu

Mu rwego rwo kwitegura imikino yo gushaka itike yo kwerekeza mu gikombe cy’Afurika kizaba umwaka utaha, Amavubi na Senegal bakinnye umukino wa gicuti maze Senegal itsinda u Rwanda ibitego 2-0.

Uko byari bimeze mu mafoto

Kureba andi mafoto menshi y’uko umukino wagenze kanda AHA

Kureba uko imyitozo y’Amavubi yari yifashe mbere y’uko umukino uba kanda AHA

Amafoto: Muzogeye Plaisir

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 2 )

Wa mugani amafoto atagira caption mwebwe mubona ari nta makemwa mu nkuru yanyu? wapi kbsa. Nk’ubu uwashakaga kumenya Saidio Mane n’abandi yabamenya ate se?

sheihk yanditse ku itariki ya: 30-05-2016  →  Musubize

Next time mujye mwibuka Captions kuko hari abantui bareba amafoto, ariko baba bakeneye no kumenya abo bareba abo aribo. Murakoze

Mhuu yanditse ku itariki ya: 30-05-2016  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka