Minisitiri w’Intebe Murekezi yitabiriye irahira rya Perezida wa Santarafurika

Minisitiri w’Intebe, Anastase Murekezi yahagarariye Perezida Paul Kagame mu irahira rya Perezida mushya wa Repubulika ya Santarafurika (Centre Afrique), riteganyijwe kuri uyu wa gatatu tariki 30 Werurwe 2016.

Faustin-Archange TOUADERA niwe ugiye gusimbura Catherine Samba Panza wari umazeho hafi imyaka itatu.

Minisitiri Murekezi yahagarariye Perezida Kagame mu irahira rya Perezida mushya wa Santarafurika (Centre Afrique).
Minisitiri Murekezi yahagarariye Perezida Kagame mu irahira rya Perezida mushya wa Santarafurika (Centre Afrique).
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka