Uko umuganda wagenze hamwe na hamwe mu gihugu-AMAFOTO

Nk’uko biba biteganyijwe icyumweru cya nyuma cy’ukwezi kiba cyarahariwe igikorwa cy’umuganda aho abaturage bareba igikorwa cy’ingirakamaro bakwiye gukorera hamwe kandi bakanungurana ibitekerezo ku byabateza imbere

RUHANGO

Umuganda mu karere ka Ruhango wakorewe mu murenge wa Ntongwe Akagari ka Nyagisozi Umudugudu wa Karama, hatewe ibiti bisaga ibihumbi 3 kuri hegitari 6.

Inzego z’umutekano zifatanyije n’abaturage gukora umuganda.

Abaturage bari bifatanyije n'inzego z'umutekano
Abaturage bari bifatanyije n’inzego z’umutekano
Aha umusirikare w'u Rwanda yari mu gikorwa cy'umuganda
Aha umusirikare w’u Rwanda yari mu gikorwa cy’umuganda
Ingemwe zo gutera
Ingemwe zo gutera

NYANZA

Abayobozi banyuranye bari mu murenge wa Busoro aho umuganda wakorewe ku rwego rw’akarere hanategerejwe

NYAMAGABE

Umuganda wibanze ku gutera igiti mu rwego rwo kubungabunga ibidukikije

Umuganda wari witabiriwe hakiri kare
Umuganda wari witabiriwe hakiri kare
Biyemeje kurengera ibidukikije
Biyemeje kurengera ibidukikije
Ingemwe zo gutera
Ingemwe zo gutera
Abayobozi bari bitabiriye umuganda
Abayobozi bari bitabiriye umuganda

NYAGATARE

Nyagatare umuganda wakorewe mu mudugudu wa Gihirobwa Akagari ka Rutaraka Umurenge wa Nyagatare. Haraterwa ibiti ku musozi wa Busana.

NGOMA

umuyobozi w’Akarere ati hagiye gutangizwa icyumweru cyo kwigisha abaturage kurya neza ngo kuko bitumvikana ko barwaza bwaki

Meya wa Ngoma aganiriza abaturage
Meya wa Ngoma aganiriza abaturage

RUSIZI

Rusizi umuganda wakorewe mu murenge Wa Gihundwe mû kagari ka burunga aho abaturage n’abayobozi b’akarere ndetse n’abadepite bari guhanga ikibuga cy’umupira.

Rusizi abayobozi b’akarere n’abasenateri ndetse n’abaturage bari guhanga ikibuga cy’umupira w’amaguru Ku ikigo cy’urubyiruko cy’akarere ka Rusizi bafatanyije kandi n’urubyiruko rw’inshi rw’akarere muri uyu muganda.

GICUMBI

Abaturage bo Mu murenge wa Miyove mu karere ka Gicumbi bari mu muganda aho bari gucukura umuyoboro w’amazi.

Abanyamakuru

Musanabera Ernestine

Sebasaza Gasana Emmanuel

Twizeyeyezu Jean Pierre

Muvara Eric

Caissy NAKURE

Gakwaya Jean Claude

Musabwa Ephrem

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka