Bamwe baterwa ipfunwe no kuvuga aho batuye

Ibitekerezo   ( 10 )

Guhisha Aho Utuye Siwo Muti Wibibazo Kuko Atari Wowe Uba Warahahisemo.

Muhirwa Placide yanditse ku itariki ya: 7-10-2015  →  Musubize

Bajye bivugira ko ntamuntu wihitiramo inkomoko se? Imana niyo ibitegura byose.

Ndahimana yanditse ku itariki ya: 7-10-2015  →  Musubize

Ngo iki? ko abatuye Kicukiro se batajya bahisha aho batuye, ku kicukiro muzi aho bituruka.

Kambanda yanditse ku itariki ya: 7-10-2015  →  Musubize

abo ni abagabo cyane, ariko uzi kuvuga ngo ntuye muri Bannyahe? uhita wibaza aho hantu uko hasa, uhita wumva nyine.......umwanda ahantu hose

umubyeyi G. yanditse ku itariki ya: 7-10-2015  →  Musubize

Harya ubwo abo baba bavunwa niki? uramutse se umenye aho batuye byatwara iki?

Mimi G. yanditse ku itariki ya: 7-10-2015  →  Musubize

Abo nibabandi bahisha n’inkomoko, baba baraje i kigali bakuze ariko wababaza bakakubesha, ibi ni ukutiyakira.

Clarisse yanditse ku itariki ya: 7-10-2015  →  Musubize

Byaba bibabaje iyo umuntu ahisha aho atuye, sinibaza ko biterwa naho ariho cyangwa izina cg uko hasa, ahubwo ntekereza ko biterwa no kuhahisha uwo bari kumwe atamushaka murugo kuzamusura.

Clarisse yanditse ku itariki ya: 7-10-2015  →  Musubize

@Umulisa...Ntibaterwa ipfunwe n’izina...baterwa ipfunwe n’uko hameze!....cg uko hazwi (stereotype)...like an area known to be for poor people...cg ahazwi ko ari akajagari etc...

XXX yanditse ku itariki ya: 7-10-2015  →  Musubize

Hhhhh ahbwo ndabona aridangera

lizzy van ivan yanditse ku itariki ya: 7-10-2015  →  Musubize

Numva nta mpamvu yo kugira ipfunwe ryaho utuye. kuko si wowe uba warahise iryo ryina, wasanze ariko hitwa, niba hitwa tumanure imbabura bivuge ntacyo wishisha kuko niko wabisanze. nta mpamvu rwose.

umulisa molly yanditse ku itariki ya: 7-10-2015  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.