Imibereho n’ubuzima by’ahitwa "Bannyahe" na "Rwimpyisi"!

6/10/2015 - 12:34     

Ibitekerezo ( 8 )

Aha hazaba heza na nyakatsi zaracitse

Welleny yanditse ku itariki ya: 27-10-2015

Mbega amazina....ngo muri Bannyahe?!!! Hahahaha!! Sinari nzi ko aha hantu habarizwa mu mujyi rwagati. Ngize amatsiko yo kuhasura.yewe ndabona uyu munyamakuru yarahafotoye hose. Nari nzi ko slums ziba mu Biryogo gusa, ariko mbonye hano harenze kabisa.Murakoze Kigali Today kutwereka n’ubuzima bundi bwa Kigali.

habiyambe23 yanditse ku itariki ya: 7-10-2015

Nasabaga reta ko yafata ingamba kuriki kibazo naho ubundi izi karitsiye ntizijanye nigihe kabisa, cyane cyane mu murwa mukuru w’igihugu kigali. ibi birasebya umujyi wacu.

kenneth mwebaze yanditse ku itariki ya: 6-10-2015
  Pages:

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.