Uko igikorwa cyo gusoza itorero INDANGAMIRWA VIII kifashe - AMAFOTO

Uku niko byifashe mu gikorwa cyo gusoza Itorero INDANGAMIRWA VIII, mu gihe bagitegereje ko Umushyitsi mukuru Perezida Paul Kagame ahagera. Igikorwa kiri kubera mu kigo cya gisirikare cya Gabiro, giherereye mu karere ka Gatsibo.

Itorero INDANGAMIRWA VIII ry’uyu mwaka rigizwe n’urubyiruko rwiga mu mahanga rugera ku 183.

Morale ni yose ku banyeshuri bari busoze iri torero rya munani.
Morale ni yose ku banyeshuri bari busoze iri torero rya munani.
Iri torero rihuza abanyeshuri biga hanze y'u Rwanda bigishwa umuco n'indangagaciro za Kinyarwanda.
Iri torero rihuza abanyeshuri biga hanze y’u Rwanda bigishwa umuco n’indangagaciro za Kinyarwanda.
Uko niko bari gushushya mu gihe bategerje Umukuru w'igihugu.
Uko niko bari gushushya mu gihe bategerje Umukuru w’igihugu.
Bahungukira ubumenyi bujyanye n'ubuzima bw'igihugu.
Bahungukira ubumenyi bujyanye n’ubuzima bw’igihugu.

Nyandwi Benjamin

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka