Ifoto y’icyumweru

Uyu mugabo n'umugore we ngo bakora ibirometero birenga 35 n'amaguru mu masaha 12 bajya gucuruza ibitebo n'imitiba. Babikura i Busogo (Musanze) babijyana mu Kidaho (Burera) ariko bahamya ko bibatunze (Photo Leonard Nshimiyimana).
Uyu mugabo n’umugore we ngo bakora ibirometero birenga 35 n’amaguru mu masaha 12 bajya gucuruza ibitebo n’imitiba. Babikura i Busogo (Musanze) babijyana mu Kidaho (Burera) ariko bahamya ko bibatunze (Photo Leonard Nshimiyimana).
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 2 )

sha nukuri barababaje pe nubwo ari akazi ariko janavamo urupfu ni dange

Iyakaremye samuel yanditse ku itariki ya: 30-06-2015  →  Musubize

nihangane mange na5km 2heur

alias yanditse ku itariki ya: 28-06-2015  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka