Inzu yamenyekanye cyane ku izina rya MINAFET barimo kuyisenya

Kuva mu ntangiriro z’iki cyumweru, inzu Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwahoze bukoreramo izwiho kuba yari Biro ya Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ku bwa Habyarimana Juvenal ndetse n’iyo Rwanda Revenue Authority mu gihe gishize yakoreragamo barimo kuzisenya ngo hakaba hagiye gushyirwa inyubako ya Equity Bank.

Iyi nyubako Umujyi wa Kigali wahoze ukoreramo ubu barimo kuyisenya.
Iyi nyubako Umujyi wa Kigali wahoze ukoreramo ubu barimo kuyisenya.
Iyi na yo ni iyo Ikigo cy'u Rwanda gishinzwe kwakira Imisoro n'Amahoro, Rwanda Revenue Authority, cyakoreragamo. Yegeranye n'uy'Umujyi wa Kigali wakoreragamo zombi bakaba barimo kuyisenya.
Iyi na yo ni iyo Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe kwakira Imisoro n’Amahoro, Rwanda Revenue Authority, cyakoreragamo. Yegeranye n’uy’Umujyi wa Kigali wakoreragamo zombi bakaba barimo kuyisenya.
Ahari hubatswe inzu zombi ngo Equity Bank yarahaguze ngo ikaba igiye kuhashyira inyubako izakoreramo.
Ahari hubatswe inzu zombi ngo Equity Bank yarahaguze ngo ikaba igiye kuhashyira inyubako izakoreramo.
Ibiro bishya by'Umujyi wa Kigali.
Ibiro bishya by’Umujyi wa Kigali.

Roger Marc Rutindukanamurego

Kureba andi mafoto menshi KANDA kuri kano gafoto  KT Photo

Ibitekerezo   ( 5 )

none se ko uko imyaka ishira indi ikaza, ubwo burigihe bazajya basenya? kuki batakora za sites nshya bakubakamo ibigezweho, ariko natwe nibura tukazagira aho tuzajya twita old kigali hazaba habitse amateka yacu?

kacel yanditse ku itariki ya: 5-06-2015  →  Musubize

ko ayo mazu ko yubatswe ku myenda mukaba muyashenye imyenda itarishyurwa?

juru yanditse ku itariki ya: 5-06-2015  →  Musubize

Nimutwoherereze igishushanyo mbonera uko inzu izahubakwa izaba isa?.

bwenge egide yanditse ku itariki ya: 5-06-2015  →  Musubize

inyubako zigendanye n’igihe nizo dushaka maze igihugu cyacu kikarushaho kugaragara neza

nirere yanditse ku itariki ya: 4-06-2015  →  Musubize

inonzu kwarihatari.

bavugamenshi celestin yanditse ku itariki ya: 4-06-2015  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka