Amazi ava mu Birunga yateje umwuzure mu Mujyi wa Musanze.

Amazi ava mu Birunga yateje umwuzure mu Mujyi wa Musanze. Imihanda yibasiwe ndetse n'umuhanda wa Kaburimbo Kigali-Rubavu wamaze umwanya ufunze kubera umwuzure.
Amazi ava mu Birunga yateje umwuzure mu Mujyi wa Musanze. Imihanda yibasiwe ndetse n’umuhanda wa Kaburimbo Kigali-Rubavu wamaze umwanya ufunze kubera umwuzure.
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Njye ndabona ibyiza ari ukongera imiyoboro ifatira amazi haruguru cyane y’umuhanda wa kaburimbo kandi hakongerwa amateme muri kaburimbo. Ibyo byatuma amazi atireka cyangwa ngo agende asandaye nkuko bigaragara. Dutinye gushyira andi mateme aho dushaka muri kaburimbo amaherezo amazi yazanaca iyo kaburimo akanyura aho yo ashaka.

Alias yanditse ku itariki ya: 27-05-2015  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka