Amazi ava mu Birunga yateje umwuzure mu Mujyi wa Musanze.
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Bugesera/Nyirarukobwa: Bibutse imiryango irenga 100 yazimye
Ubuhamya bw’abakoze Jenoside bushobora kujya butangwa kugira ngo ibyabaye birusheho kumenyekana
Israel: Uwari ushinzwe ubutasi mu gisirikare yeguye
Banki ya Kigali yatangiye kwegera abaturage muri gahunda ya ‘Nanjye Ni BK’
Njye ndabona ibyiza ari ukongera imiyoboro ifatira amazi haruguru cyane y’umuhanda wa kaburimbo kandi hakongerwa amateme muri kaburimbo. Ibyo byatuma amazi atireka cyangwa ngo agende asandaye nkuko bigaragara. Dutinye gushyira andi mateme aho dushaka muri kaburimbo amaherezo amazi yazanaca iyo kaburimo akanyura aho yo ashaka.