Nyamata: Imyanya y’akazi isaga 100 muri Hotel nshya “Golden Tulip La Palisse”
Ikompanyi mpuzamahanga mu bijyanye no gucunga amahoteli Golden Tulip imaze igihe gito yeguriwe gucunga Hotel la Palisse Nyamata iri mu Karere ka Bugesera mu gihe cy’imyaka 10 yashyize isoko imyaka y’akazi irenga 120.
Ni imyanya yigajemo imyanya y’ubuyobozi mu gucunga hoteli ndetse n’abakozi bazayikoramo. Kanda hano urebe iyo myanya.
Golden Tulip yashinzwe mu myaka y’i 1960, kuri ubu ifite amahoteli 300 mu bihugu 48, ikaba imwe mu bagize urwunge mpuzamahanga rw’amahotel yitwa « Louve hotel » ifite amahoteli asaga 1000 hirya no hino ku migabane yose y’isi.
Nyuma yo gusanga mu Rwanda hari imikorere myiza ndetse n’igihugu cy’intangarugero mu miyoborere n’iterambere ryihuta kandi ritajegajega, abayobozi ba Golden Tulip biyemeje gushyira mu Rwanda icyicaro gikuru cy’amashami yabo yo muri Afrika y’iburasirazuba.
Hotel Golden Tulip la Palisse Nyamata, iri ku rwego rw’inyenyeri enye ariko intego nyamukuru ikaba ari uko izongererwa ubushobozi kuburyo izashyirwa ku rwego rw’inyenyeri eshanu.
Egide Kayiranga
Ibitekerezo ( 244 )
Ohereza igitekerezo
|
Ndabasabye mume akazi nize culinary Arts mujyiriye icyizere nagakora na umwete
mwaramutse neza, ndashaka akazi ka accounting cank consultancy muri business yanyu.ubumenyi mfite MBA accounting A0 experience of 4 years in accounting
my email; [email protected]
Muraho neza
Bayobozi narimbandikiye mbasaba
Akazi kogukora mugikoni cg
Muri housekeeping
Murakoze mugihe nkitegereje igisubizo cyanyu
Mwiriwe neza nabasabaga akazi ko muri housekeeping cg mugikoni
Murakoze
Murakoze Nifuzaga kubonaakazi kokwakiraabagana ahomukorera murakoze!
Ncaka akazi koguteka
Ncaka akazi koguteka
Ncaka akazi koguteka
Gusaba akazi kogucunga umutungo cg nakandi kabagahari
Turasaba akazi ko gucungumutungo cg secretary nuwundi myanya waba uhari mwatubwira dutegereje igisubizo cyanyu cyiza
Mwiriwe neza nitwa Umurerwa jespe nize culinary arts and hospitality ndashaka kazi kokwakira abatugana Murakoze
Mwiriwe neza nitwa Umurerwa jespe nize culinary arts and hospitality ndashaka kazi kokwakira abatugana Murakoze
Ndashaka akazi ntize guteka.ndasoza
Mbandikiye ngirango mbasabe akazi ko secretary cg nakandi kabagahari akarikokose mwatubwira murakoze dutegereje igisubizo cyanyu
Muraho neza nkaba nabasabaga gukora akazi k’amasuku kabaye gahari mwaduhamagara: 0783415149 murakoze.