Impinduka muri Shampiona y’icyiciro cya mbere

Shampiona y’icyiciro cya mbere ntikirangiye taliki ya 10 Gicurasi 2015 nk’uko byari biteganijwe, ikaba igomba kurangira taliki ya 16 Gicurasi ndetse n’imikino y’ibirarane yagombaga kuba kuri uyu wa gatatu yimuwe

Mu gihe ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 23 yitegura umukino igomba gukina na Somalia tariki ya 25/04/2015 na tariki ya 09/05/2015, ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ryamaze gukora impinduka mu mikino ya Shampiona isigaye ndetse n’imikino y’ibirarane.

Amataliki mashya ku mikino y’ibirarane
29/04/2015

Gicumbi VS APR Fc i GICUMBI
Rayon Sport VS Sunrise i MUHANGA
Marines VS Etincelles kuri TAM TAM

Gicumbi Fc iramutse idatsinzwe na AS Kigali byaha APR igikombe
Gicumbi Fc iramutse idatsinzwe na AS Kigali byaha APR igikombe

Umunsi wa 24 , 02/05/2015

KIYOVU VS APR MUMENA
GICUMBI VS SUNRISE GICUMBI
ESPOIR VS AS KIGALI RUSIZI
RAYON SPORTS VS MARINES MUHANGA
ETINCELLES VS POLICE UMUGANDA
MUSANZE VS MUKURA MUSANZE
ISONGA VS AMAGAJU KICUKIRO

Umunsi wa 25, 13/05/2015

APR VS ISONGA MUMENA
AMAGAJU VS MUSANZE NYAMAGABE
MUKURA VS ETINCELLES MUHANGA
MARINES VS ESPOIR TAM TAM
POLICE VS RAYON SPORTS KICUKIRO
AS KIGALI VS GICUMBI FERWAFA
SUNRISE VS KIYOVU RWAMAGANA

Umunsi wa 26, 16/05/2015

SUNRISE VS APR RWAMAGANA
KIYOVU VS AS KIGALI MUMENA
GICUMBI VS MARINES GICUMBI
ESPOIR VS POLICE RUSIZI
RAYON SPORTS VS MUKURA MUHANGA
ETINCELLES VS AMAGAJU TAM TAM
MUSANZE VS ISONGA MUSANZE

APR Fc irasabwa kunganya gusa n'Isonga ikegukana Igikombe
APR Fc irasabwa kunganya gusa n’Isonga ikegukana Igikombe

Ikipe ya APR fc ubu iyoboye urutonde rw’agateganyo n’amanota 47 mu gihe AS Kigali iyikurikiye ifite amanota 44, mu gihe APR fc yatsinda umukino w’ikirarane izaba irusha ikipe ya AS Kigali amanota 6,bikaza bisaba ikipe ya APR Fc gutsinda umukino umwe, ikanganya undi mu mikino itatu izaba isgaje ikaba yegukanye igikombe bidasubirwaho.

Sammy IMANISHIMWE

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka