Ifoto y’icyumweru

Ifoto yafashwe na Roger Marc Rutindukanamurego.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 6 )

Dukore ikigereranyo turebe:
Ikigega=?
Imireko=?
Amatiyo=?
Attache z’imireko=?
Coude=?
Imifuniko y’imireko=?
Robine=?
Kubaka aho kugitereka=?
Umufundi wabyubatse=?

Igihugu kiracyafite byinshi byo gukora no gukosora!ibi ni ukubeshya umuntu ko wamufashije.Ikigega kirarusha agaciro inzu cyubatseho!!!!!!Hari ahandi nageze ho mbona birasekeje cyane muzahanyarukire mutubwire naho i nyamagabe mu murenge wa kibirizi mu mudugudu uri hafi y’ivuriro rya kibirizi!!!!

Yamaha yanditse ku itariki ya: 6-04-2015  →  Musubize

aha ni mu cyaro i Rubengera n,urugo rw,inturusu

Alias yanditse ku itariki ya: 5-04-2015  →  Musubize

iyo foto iraharagaza umuntu utuye mucyaro ariko w’umusilimu, kuba umunyarwanda usobanutse aho waba utuye hose

Hus yanditse ku itariki ya: 4-04-2015  →  Musubize

Oya ntacyo ivuze. Keretse niba ari igisakuzo. Nicyo gisaba gufindura.

Bosco yanditse ku itariki ya: 3-04-2015  →  Musubize

none se ko utagize icyo uyivaugaho ? niyo nziza se ni mbi se?

zacharie yanditse ku itariki ya: 3-04-2015  →  Musubize

Yayifatiyehe? Uvuziki ubwo? Namwe mwishakiye akazi kbsa!!!!!!!!!

ABUBU yanditse ku itariki ya: 31-03-2015  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka