Uko Kigali imeze kuri uyu munsi wa Noheri (Amafoto)

Mu gihe kuri uyu wa 25 Ukuboza Abanyarwanda bizihiza Noheri yibutsa abakirisitu ivuka rya Yezu, Kigali Today yatembereye mu bice binyuranye mu mujyi wa Kigali ibarebera uko umunsi wifashe.

Aya matara afite ishusho y'indogobe ari muri rond point mu mujyi rwagati.
Aya matara afite ishusho y’indogobe ari muri rond point mu mujyi rwagati.
Izi nyenyeri nazo ziri muri rond point.
Izi nyenyeri nazo ziri muri rond point.
Muri rond point ya Kacyiru.
Muri rond point ya Kacyiru.
Kiriziya ya Sainte Famille yakubise yuzuye.
Kiriziya ya Sainte Famille yakubise yuzuye.
Kuri Paruwase ya Sainte Famille abakirisitu babaye benshi babubakira ihema hanze.
Kuri Paruwase ya Sainte Famille abakirisitu babaye benshi babubakira ihema hanze.
Mu kiliziya ya Saint Etienne naho abakirisitu ni benshi cyane mu isengesho rya Noheri.
Mu kiliziya ya Saint Etienne naho abakirisitu ni benshi cyane mu isengesho rya Noheri.
Amwe mu mamodoka y'abaje gusenga muri Saint Michel.
Amwe mu mamodoka y’abaje gusenga muri Saint Michel.
Abantu muri Gare ya Nyabugogo ni benshi bajya kwizihiza Noheri iwabo mu Ntara.
Abantu muri Gare ya Nyabugogo ni benshi bajya kwizihiza Noheri iwabo mu Ntara.
Amamodoka yababanye make bari kwibaza uko bari bubashe kwifatanya n'imiryango yabo muri Noheri.
Amamodoka yababanye make bari kwibaza uko bari bubashe kwifatanya n’imiryango yabo muri Noheri.
Icyizere cyo gutaha kiri kugabanuka kuri bamwe.
Icyizere cyo gutaha kiri kugabanuka kuri bamwe.
Aha ni ku muryango winjira muri Simba Super Market. Abana bari kujya mu ndege z'ibikinisho bakaryoherwa cyane.
Aha ni ku muryango winjira muri Simba Super Market. Abana bari kujya mu ndege z’ibikinisho bakaryoherwa cyane.
Imbere mu isoko rya kijyambere rya Kigali ho nta n'inyoni itamba.
Imbere mu isoko rya kijyambere rya Kigali ho nta n’inyoni itamba.
Ku isoko Ry'Umujyi wa Kigali ho birasa naho ari umunsi w'ikiruhuko usanzwe nta bantu bahagaragara cyane.
Ku isoko Ry’Umujyi wa Kigali ho birasa naho ari umunsi w’ikiruhuko usanzwe nta bantu bahagaragara cyane.
Kuri koperative y'abacuruzi b'inyama i Nyabugogo abantu ni benshi cyane aho baje kugura inyama zo gusangira kuri Noheri.
Kuri koperative y’abacuruzi b’inyama i Nyabugogo abantu ni benshi cyane aho baje kugura inyama zo gusangira kuri Noheri.
Kuri UTC naho byasaga n'aho nta kigargaza umunsi mukuru.
Kuri UTC naho byasaga n’aho nta kigargaza umunsi mukuru.
Muri T2000 naho abitabiriye guhaha si benshi kuri uyu munsi.
Muri T2000 naho abitabiriye guhaha si benshi kuri uyu munsi.
Amabanki yo ntiyakoze iyi ni banki y'abaturage ya Muhima, nta n'inyoni itamba yo.
Amabanki yo ntiyakoze iyi ni banki y’abaturage ya Muhima, nta n’inyoni itamba yo.

Roger Marc Rutindukanamurego

Kureba andi mafoto menshi KANDA kuri kano gafoto  KT Photo

Ibitekerezo   ( 2 )

turasabako mwazajya mutugezaho na makuru yo mumadini na byo byadufasha MURAKOZE CYANE

Nitwa Ntaganda Sylver yanditse ku itariki ya: 9-01-2015  →  Musubize

ahaaa! Ndabona Noheli bayizihije pe!

liza yanditse ku itariki ya: 25-12-2014  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka