Kibeho: Barizihiza imyaka 33 ishize Bikira Mariya abonekeye Abanyarwanda
Ahitwa i Kibeho mu karere ka Nyaruguru hari kubera imihango yo kwibuka ku nshuro ya 33 Bikira Mariya nyina wa Yezu abonekeye abakobwa b’Abanyarwandakazi.
Uwabonekewe wa mbere kuwa 28/11/1981 ni Alphonsine MUMUREKE, nyuma Bikira Mariya aza kubonekera Nathalie MUKAMAZIMPAKA na Marie Claire MUKANGANGO.
Turabereka uko iyo mihango imeze mu mafoto, inkuru irambuye turayibagezaho nyuma y’imihango nyirizina...
Kigali Today
Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
ni koko numubyeyi kandi aradusabira ariko twamaganye abavuga ko tumusenga reka mbasobanurire none se uziranye numwamikazi kugera kumwami sakokanya tujye tubanza dusobanuze mbere yo kuvuga ibyo tutazi kandi tubaze ubizi neza.