Kibeho: Barizihiza imyaka 33 ishize Bikira Mariya abonekeye Abanyarwanda

Ahitwa i Kibeho mu karere ka Nyaruguru hari kubera imihango yo kwibuka ku nshuro ya 33 Bikira Mariya nyina wa Yezu abonekeye abakobwa b’Abanyarwandakazi.

Uwabonekewe wa mbere kuwa 28/11/1981 ni Alphonsine MUMUREKE, nyuma Bikira Mariya aza kubonekera Nathalie MUKAMAZIMPAKA na Marie Claire MUKANGANGO.

Turabereka uko iyo mihango imeze mu mafoto, inkuru irambuye turayibagezaho nyuma y’imihango nyirizina...

Imbere ya kiliziya ya Kibeho hateguwe neza nk'ahari ibirori.
Imbere ya kiliziya ya Kibeho hateguwe neza nk’ahari ibirori.
Umuhango witabiriwe n'abakiristu benshi.
Umuhango witabiriwe n’abakiristu benshi.
Abihaye Imana batandukanye nabo bitabiriye umuhango.
Abihaye Imana batandukanye nabo bitabiriye umuhango.
Mbere y'uko misa itangira, abakirisitu bahawe penetensiya.
Mbere y’uko misa itangira, abakirisitu bahawe penetensiya.
Umwe mu bakirisitu arimo kwaka penetensiya.
Umwe mu bakirisitu arimo kwaka penetensiya.
Abanyamahanga baje i Kibeho mu isabukuru.
Abanyamahanga baje i Kibeho mu isabukuru.
Igitambo cya misa cyatuwe na musenyeri Filipo Rukamba uyobora Diyoseze ya Butare.
Igitambo cya misa cyatuwe na musenyeri Filipo Rukamba uyobora Diyoseze ya Butare.
Umuyobozi w'inama y'Abepisikopi mu Rwanda, Msgr Simaragde Mbonyintege.
Umuyobozi w’inama y’Abepisikopi mu Rwanda, Msgr Simaragde Mbonyintege.
Abapadiri benshi bitabiriye umuhango.
Abapadiri benshi bitabiriye umuhango.
Uyu mukecuru yishimiye isabukuru y'imyaka 33 ishize i Kibeho habereye amabonekerwa.
Uyu mukecuru yishimiye isabukuru y’imyaka 33 ishize i Kibeho habereye amabonekerwa.
Abakirisitu barimo kuvoma amazi aza guhabwa umugisha aho i Kibeho.
Abakirisitu barimo kuvoma amazi aza guhabwa umugisha aho i Kibeho.

Kigali Today

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

ni koko numubyeyi kandi aradusabira ariko twamaganye abavuga ko tumusenga reka mbasobanurire none se uziranye numwamikazi kugera kumwami sakokanya tujye tubanza dusobanuze mbere yo kuvuga ibyo tutazi kandi tubaze ubizi neza.

bony yanditse ku itariki ya: 28-11-2014  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka