Impinduka z’imyandikire ihwitse y’ururimi rw’ikinyarwanda, zigaragara mu ngingo, iya 12, 13 n’ingingo ya 15, hari abo zabereye ingorabahizi.
Ibitekerezo ( 7 )
Ohereza igitekerezo
|
Impinduka z’imyandikire ihwitse y’ururimi rw’ikinyarwanda, zigaragara mu ngingo, iya 12, 13 n’ingingo ya 15, hari abo zabereye ingorabahizi.
|
Kwimurwa kwa ba kavukire ni ibisubizo
Inkwano z’ubu bamwe bazigize ubucuruzi
Mu Rwanda nta hantu hihariye hemerewe kunywera itabi
Ku nshuro ya kane umunyarwanda yegukanye Tour du Rwanda
Abanyarwanda barifuza kugumana Tour du Rwanda 2017
Abagore barengeje igihe cyo kubyara nabo bazirikanywe
Banga guterwa amaraso kubera imyemerere
Umunsi mwiza Mwarimu mwiza!
USA: Habonetse imirambo ibiri y’abaguye mu mpanuka y’ikiraro giherutse gucika
Ambasaderi w’u Rwanda muri Mozambique yasuye Ingabo z’u Rwanda ziri i Mocimboa da Praia
Musanze: Urubyiruko rwiyemeje kutajenjekera abagamije gusenya Ubumwe bw’Abanyarwanda
Kenya: Musenyeri Waweru yanenze abahimbye izina Perezida William Ruto
mwikwica ururimi nka nta. gutsinda no gusinda ntaho bihuriye muturekere ururimi ruriyubashye uwazura Aloys Bigirumwami yasanga mwarize muri Education pour tous. musigeho mutazavaho muhindura kigali ikaba kigari.
Rwose muturekere ururimi mureke kuruhindura dore ko rwari rusanzwe rukennye.Nta n’abanyarwanda cy.abaturage bagize uruhare muri izo mpinduka
Ndabona nta ’abahanga mu kinyarwanda babigizemo uruhare
Abize cyera twahita twibura.
Rwose muturekere ururimi mureke kuruhindura dore ko rwari rusanzwe rukennye.Nta n’abanyarwanda cy.abaturage bagize uruhare muri izo mpinduka
Ndabona nta ’abahanga mu kinyarwanda babigizemo uruhare
Abize cyera twahita twibura.
Yewe ntikikiri ikinyarwanda, ahubwo kigiye kuba ikindi kindi cg se ubwo zizaba indimi 2 buri wese age avuga ibimworoheye gusa abigisha bagiye guhura n’ibibazo , abana biga nabo bacanganyukire !!
Maze rero basomyi, tureke kwirirwa tuvuga amagambo uko twishakiye. Impinduka zabayeho, jye ndemeranya n’abazikoze ko zari zikwiye. Biragoye kubyumvisha buri muntu kuko n’abanyamakuru ubwabo muri iyi minsi ni bwo mbonye ko batari basanzwe bazi uko ikinyarwanda cyandikwaga. Mureke duharanire kwisanisha n’izi mpinduka rero ariko twoye kumva ko ikinyarwanda cyahindutse. Ubu se mwese mwandika kuki mwandika ijambo ikinyarwanda mukandika "ki" kuki mutandika "cyi". Kuki mwandika umurenge mukandikamo "nge" kuki mutandika "njye". kuki mwakwandika ijambo "tugende" mukandika "ge" aho kwandika "jye". Mureke twumve rero ko impinduka zari zikenewe kugira ngo tubashe guhuza imyandikire nta rujijo mu byo twandika. Murakoze, dukomeze imihigo dutere imbere.
Ihunduka ry’ururimi ndabona rizaba ikibazo; kubize mbere ndetse nabiga ubu,ibyiza bagumishaho iby’imbaga nyamwinshi izi,murakoze.
Noneho turajya tuvuga. Rayosport ya sinze kiyuvu. Icyuma harya cyahindutse Ikuma. Ariko muzi cyo ikuma bisobanuye? Muramenye muticya ikinyarwanda.