Ntakozwa igitenge

Ibitenge ni imwe mu myambaro y’ababyeyi ariko muri iy’ iminsi bamwe mu bategarugori bavuga ko ari ibyabakecuru ugasanga rimwe na rimwe ntibyambawe.

Ibitekerezo   ( 3 )

Rwose uretse umuco no kwihesha agaciro bigenda bikendera mu babyeyi. Kwambara ubusa ntabwo byari bikwiriye. Umutegarugori nyawe urerera u Rwanda akwiye kwambara akikwiza. Igitenge rero kimwe n’indi myambaro yose ishyigikira kwiha agaciro.Amen

xxxx yanditse ku itariki ya: 13-05-2013  →  Musubize

Ndi umunyabugeni nkawe, Komereza aho,ugenda utera imbere mugushushanya aho watangiriye siho ugeze.

douglass yanditse ku itariki ya: 9-05-2013  →  Musubize

Baca umugani ngo uwiba ahetse aba abwiriza uwo mu mugonga.
Mbese uriya mubyeyi wiyambithe kuriya azaha ubuhe uburere umwana we w’umukobwa? Dore ngibyo ibyeze muri iyi minsi babyeyi. Ndetse ibi mubona ni intangiriro, ikizakurikiraho ni ukwambara ubusa.

[email protected] yanditse ku itariki ya: 8-05-2013  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.