Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
Kongere y’Igihugu y’Ishyaka Riharanira Demokarasi n’Imibereho Myiza y’Abaturage (PSD) yemeje ko iryo shyaka rizashyigikira Paul Kagame mu matora y’umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Nyakanga 2024.
Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
|
Hari iburo yafungutse-Perezida wa FERWAFA ku gikombe cy’Amahoro Rayon Sports WFC yatwaye ntigitahane
Hari ibyo abana babaza abakuru kuri Jenoside bikabagora kubibonera ibisubizo
Guteza imbere Siyansi bizagira uruhare mu iterambere ry’Igihugu - Dr. Edouard Ngirente
Kugira ubumenyi bw’ikoranabuhanga bizafasha urubyiruko kwihangira imirimo