Isirayeli: Bakoresha inzoka muri massage

Isosiyete ishinzwe ubuzima n’ubwiza bw’abantu ibarizwa mu majyaruguru ya Isirayeli iri gutanga serivise nshya ku bakiriya bayo, aho ikoresha inzoka mu gukorera abantu massage.

Umuntu uri guhabwa massage y'igihe kirekire.
Umuntu uri guhabwa massage y’igihe kirekire.

Nyiri iyi sosiyete witwa Ada Barak yatangaje ko inzoka akoresha nta bumara zigira kandi nta kintu na kimwe zishobora gutwara uwo zirimo gukorera massage.

Akoresha inzoka nini muri massage y’igihe kirekire (deep massage) naho inzoka nto azikoresha muri massage y’igihe gito.

Umuntu urimo gukorerwa massage hakoreshejwe inzoka.
Umuntu urimo gukorerwa massage hakoreshejwe inzoka.
Iyi foto yerekana umuntu uri guhabwa massage y'igihe gito.
Iyi foto yerekana umuntu uri guhabwa massage y’igihe gito.

Ada ngo yavumbuye akamaro k’inzoka mu kumasa abantu nyuma yaho aretse abantu ngo bazikoreho.

Ernestine Musanabera

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 11 )

uwomwana bamutwale mukigo cyagisirikale

Karisa yanditse ku itariki ya: 6-11-2016  →  Musubize

isi irashaje

Karisa yanditse ku itariki ya: 6-11-2016  →  Musubize

isirayeri Iramutswa Inde! Iyonzoka Iri Muri Isirayeri Kotuzi Ko Isiraye Ari Umugwa Wabizera! Yaratewe?

jean ndo dieu yanditse ku itariki ya: 5-05-2016  →  Musubize

hahahaha!!! nakumiro kabisa ubuse nkaba bemera zikabajyahobo?

kimenyi jean de Dieu yanditse ku itariki ya: 19-11-2015  →  Musubize

SHA NTI BI SHOBOKA

ISHIMWE IRENE yanditse ku itariki ya: 14-10-2015  →  Musubize

biratangaje ,mbese namayobera.

alias yanditse ku itariki ya: 4-02-2014  →  Musubize

Tokaa shawtan!!!!!

Ntamugabumwe samary sam yanditse ku itariki ya: 4-10-2013  →  Musubize

ubuse abanyarwanda iyi service izabageraho ryari kandiko bayikeye nubwo ntari unuvugizi wayo

jhon yanditse ku itariki ya: 18-12-2012  →  Musubize

IMANA IBIRINDE ABANYARWANDA

JURO yanditse ku itariki ya: 17-12-2012  →  Musubize

toka dayimoni, ziriya nzoka ntabwo zankoraho rwose.

AMATA MEZA yanditse ku itariki ya: 13-12-2012  →  Musubize

Ibi byo ni akumiro!

NDIVUGIRA Anitha yanditse ku itariki ya: 12-12-2012  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka