Kuri uyu wa Gatandatu no ku cyumweru harakinwa harakinwa Shampiona y’igihugu mu mukino w’amagare, ikazanitabirwa n’Abanyarwanda bakina hanze
Mu mikino ya 1/8 y’igikombe cy’Amahoro, Amagaju yasezereye Police, Gicumbi isezerera Mukura, Rayon isezerera Police naho Apr isezerera Bugesera
Nyuma y’iminsi mike amaze mu Bwongereza, umunyarwanda Eric Dusingizimana waciye agahigo mu mukino wa Cricket ku isi, yakusanyije hafi miliyoni 140FRW yo kubaka Stade ya Cricket mu Rwanda
Perezida w’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda ari we Nzamwita Vincent de Gaulle yasabwe kwegura na bamwe mu banyamuryango ayobora
Mu mukino wa gicuti wo kwibuka abasportifs bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994, Amavubi atarengeje 20 yanganyije na Maroc 1-1
Ikipe ya Rwamagana na Musanze zamaze gusezera mu mikino y’igikombe cy’Amahoro igeze muri 1/16, kubera amikoro adahagije kuri ayo makipe
Ku munsi wa 29 wa Shampiona y’icyiciro cya mbere, APR yatsinze Marines 1-0 i Rubavu, naho Rayon Sports inyagira Amagaju ibitego 6-0
SHampiona y’u Bwongereza mu mupira w’amaguru ya 2016/2017 izatangira taliki ya 13 Kanama 2016, aho Arsenal izatangirana na Liverpool
Minisitri Uwacu Julienne kuri uyu wa mbere yasobanuriye Abasenateri ba komisiyo y’Imibereho myiza ibikorwa bya siporo mu Rwanda n’icyo Minisiteri ikora muri gahunda yo kuzamura impano
Kuri iki cyumweru mu karere ka Bugesera harabera isiagnwa ku maguru no ku magare ryateguwe na Gasore Foundation
Umushoramari Antonio Souaré Mamadou uturutse muri Guinée Conakry, yageze mu Rwanda aho aje mu bikorwa by’ishoramari azatangirira muri Siporo.
Kuri uyu wa Gatatu nibwo hatangajwe inzira zizakoreshwa muri Tour du Rwanda 2016, aho ishyamba rya Nyungwe riri mu nzira zizifashishwa.
Kuri uyu wa Gatatu shampiona y’icyiciro irakomeza ku munsi wayo wa 27, aho imikino itegerejwe ari uhuza APR n’Amagaju, ndetse na Espoir na Rwamagana
Mu mikino yo Kwibuka abasportifs bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994,Gorillas na Police Hc zo mu Rwanda zatsinze amakipe ya Uganda zegukana ibikombe mu mukino wa Handball
Mu isiganwa ry’amagare asanzwe ryabereye mu karere ka Gisagara na Huye kuri uyu wa Gatandatu,Ahorukomeye yaje kurirangiza ari we utanze abandi kugera mu karere ka Huye
Kuri uyu wa gatanu abakunzi ba Siporo batandukanye bibutse abasportifs bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994
Ku i Saa Saba z’amanywa ni bwo ikipe y’igihugu ya Mozambique yari igeze mu Rwanda aho ije gukina umukino n’u Rwanda uzaba kuri uyu wa Gatandatu
Kuri uyu wa Gatandatu isiganwa ry’amagare rizwi nka "Tour de Gisagara" riraza kuba rikinwa ku nshuro yaryo ya kabiri, aho rizasorezwa mu karere ka Huye
Kuri uyu wa Gatatu kuri Petit Stade Amahoro harakomeza imikino yo kwibuka abasportifs bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994, aho muri Basketball izwi nka Memorial Gisembe
Ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru ya Senegal yasuye urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali ruri ku Gisozi, maze bunamira inzirakarengane zihashyinguye
Ikipe y’igihugu ya Senegal yatsinze Amavubi ibitego 2-0 mu mukino wa gicuti wabereye kuri Stade Amahoro kuri uyu wa Gatandatu
Mu mukino wa gicuti wabereye kuri Stade Amahoro kuri uyu wa Gatandatu, Ikipe y’igihugu ya Senegal yatsinze u Rwanda ibitego 2-0
Kuri uyu wa gatatu kuri Stade Amahoro, ikipe y’igihugu Amavu yakoze imyitozo ya nyuma yitegura umukino wa gicuti uzayihuza na Senegal kuri uyu wa Gatandatu
Abagize ikipe y’igihugu y’umukino w’amagare baritabira umunsi wahariwe abanyamaguru uzaba kuri iki cyumweru mu mujyi wa Kigali
Ikipe ya Rayon Sports ntibashije ntibashije kwikura imbere ya Etincelles aho binganyije igitego 1-1 mu mukino wabereye kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo
Ikipe ya Etincelles yashyiriwe ho agahimbazamusyi kadasanzwe niramuka yitwaye neza ku mukino uyihuza na Rayon Sports kuri uyu wa gatatu kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo
Ikipe ya APR Fc yahagaritse abakinnyi bayo bane nyuma yo kuvuga ko bagaragaje imyitwarire itari myiza
Ikipe ya AS Vita Club yamaze gusezererwa mu marushanwa ya CAF Champions league, nyuma yo gukinisha umukinnyi utabyemerewe
Umutoza w’ikipe ya Manchester United Luis Van Gaal, yamaze kwirukanwa n’ikipe mu gihe biteganijwe ko Mourihno ari we ugomba kumusimbura.
Umukinnyi wamenyekanye cyane mu mukino wo gusiganwa ku maguru Disi Dieudonné agiye kujyana i Burayi abakinnyi babiri bitwaye neza muri Kigali Peace Marathon