Uko Karate yafashije Sinzi kurokora Abatutsi muri Jenoside

Mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Maitre Sinzi Tharcisse wari mu Batutsi bahigwaga ngo bamburwe ubuzima, yakoresheje umukino wa Karate arwanya interahamwe n’abasirikari ba ExFAR, abasha kurokora abantu 118 mu bari bahungiye muri ISAR –SONGA mu cyahoze ari Butare.

Kurikinara ikiganiro kirambuye urugendo Sinzi yanyuzemo, mu kiganiro yagiranye Prudence Nsengumukiza ukora mu ishami ry’imikino:

Sinzi Tharcisse yarokoye benshi muri Jenoside.
Sinzi Tharcisse yarokoye benshi muri Jenoside.
SInzi Tharcisse yeguriye ubuzima bwe umukino wa Karate.
SInzi Tharcisse yeguriye ubuzima bwe umukino wa Karate.
Sinzi Tharcisse afite ubunararibonye muri Karate.
Sinzi Tharcisse afite ubunararibonye muri Karate.
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 8 )

Tuzahora twibuka abacu

aline yanditse ku itariki ya: 11-05-2017  →  Musubize

iki gitekerezo cyo kwandika bibiliya nkiyo ndagishyigikiye gusa kereka byizweho ninteko ishingamategeko kuko ni urwibutso rwazamara imyaka ibihumbi biget yose bizatwara yashakwa abahanga mukwandika bagashakwa bigakorwa. ni ukuri abariho muri genocide nibasaza tuzabura ubuhamya bwabo pe!

Alias yanditse ku itariki ya: 12-04-2017  →  Musubize

all the blessings from our heavenly God be spreaded on head Mr sinzi

ngabo steven yanditse ku itariki ya: 11-04-2017  →  Musubize

all the blessings from our heavenly God be spreaded on head Mr sinzi

ngabo steven yanditse ku itariki ya: 11-04-2017  →  Musubize

I start From thanking all Rwandas for their improvement. I am Rwandan From United State but from where i am, we are remembering our people those who dead in genocide. may god be with all Rwandan those who lost their families during that period thanks!

Cedric Tuyisenge yanditse ku itariki ya: 10-04-2017  →  Musubize

Maître Sinzi, Imana iguhe amahoron’ibyiza byose bishoboka kuli iyi Si!
Birakwiye ko umuntu nkawe ahabwa igihembo gikomeye.

revy yanditse ku itariki ya: 10-04-2017  →  Musubize

Maze gusoma iyi nkuru y’ukuntu SINZI yashoboye kwambukana abantu 118 i BURUNDI, maze kumva ubuhamya bw’umudamu warokokeye mu NYAKABANDA avuye mu mirambo y’abantu barasiwe hariya kuri St ANDREE (centre BAHAI) NYUMA yo gushwanyaguza inyenyeri z’UMUSIRIKARE wari ubagaruye st ANDREE ABAMBUYE IZINDI nterahamwe, nyuma yo kumva ubuhamya butandukanye hirya no hino mu gihugu, NSANZE LETA YACU igomba gutangira gahunda yo kwandika igitabo cy’uko génoside yagenze mu RWANDA. Aha ndashaka kuvuga amateka y’ibyabaye, umusozi ku wundi, umudugudu ku mudugudu, urugo ku rugo, umuryango (famille kuri famille)ku muryango,maze abazaza imyaka ingoma ibihumbi bakazamenya ibyabaye mu RWANDA. Buri mwaka, numva ibintu bishya byinshi kandi bitangaje, biteye ubwoba n’agahinda. Ni igitabo cyakwandikwa imyaka myinshi, ariko nko mu myaka itanu cyaba kirangiye. Cyizaba gifite amapaji menshi aruta aya BIBILIYA. Kuko inzibutso zishobora kuzasenyuka, zigasaza, cyangwa zigasenywa, ariko iyo BIBILIYA ya GENOSIDE yakorewe abatutsi, ntaho izajya. MUMFASHE ICYO GITABO CYANDIKWE, tuzabanza kwandika mu rurumi rw’IKINYARWANDA ubundi ISHYIRWE MU NDIMI Z’amahanga nyuma. ARIKO INDIMI NYINSHI NKUKO BIBILIYA IMEZE. MUMFASHE IKI GITEKEREZO GISHYIGIKIRWE. Ni tutabikora ubu, bizibagirana, abatanga buhamya barimo gusaza.

GGG yanditse ku itariki ya: 11-04-2017  →  Musubize

Rwose pe!! jye ndemeranywa nawe kuko abatangabuhamya barasaza kdi aya mateka ya Genocide yakorewe abatutsi mu Rwanda,ntagomba gusibangana mumitima y’abanyarwanda bose. Iki gitabo nubwo cyatwara imyaka irenda icumi jye umusanzu wanjye nzawutanga uko nshoboye kugirango abankomokaho n’abazaza nyuma bazamenye ko habayeho ibihe by’umwijima ukabije kubanyarwanda by’umwihariko kubatutsi.

Rwema Manzi Regis yanditse ku itariki ya: 11-04-2017  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka