Ubugome bw’indengakamere yakorewe muri Jenoside ntibwatumye yiheba- Ubuhamya

Umulisa Christine (Izina yahawe muri iyi nkuru), ni umubyeyi wo mu Murenge wa Shyogwe mu karere ka Muhanga, warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Ahamya ko inzira y’umusaraba yanyuzemo, aho yakubiswe, agasambanywa inshuro nyinshi ndetse akanandura SIDA, bitatumye yiheba burundu.

Yahuye na byinshi byakamuciye intege ariko yarabirenze ubu ariho neza
Yahuye na byinshi byakamuciye intege ariko yarabirenze ubu ariho neza

Mu gihe cya Jenoside Umulisa yari afite imyaka 19, yabanaga na nyina ndetse n’abavandimwe be, ariko ubwicanyi butangiye baratatanye, ni ko gutangira inzira y’umusaraba yahuriyemo n’ibibi byinshi ariko ku bwa Nyagasani Inkotanyi ziramurokora.

Uyu mubyeyi w’abana babiri ubu ari aho arakomeye, ubu bukaba ari ubuhamya bw’inzira y’inzitane yanyuzemo.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

Inzira yanyuzemo zirakaze ariko reta yakomeza kumusimbagiza imana ikomeze kumubahafi

Hategekimana maurice yanditse ku itariki ya: 14-04-2018  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka