Perezida Nyusi yunamiye inzirakarengane zishyinguye mu rwibutso rwa Kigali

Perezida Filipe Nyusi yunamiye imibiri irenga ibihumbi 250 ishyinguye mu rwibutso rwa Kigali ruherereye ku Gisozi.

Ku munsi wa kabiri w’uruzinduko rwe mu Rwanda, Perezida Nyusi yasuye urwo rwibutso kuri uyu wa Gatanu tariki 20 Nyakanga 2018, mu rwego rwo kwirebera ubukana bwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.

Yatemberejwe anasobanurirwa ibyaranze amateka y’u Rwanda mbere na nyuma ya Jenoside, ashyira indabo ku mva zishyinguyemo iyo mibiri.

Perezida Nyusi yunamiye imibiri y'inzirakarengane zazize Jenoside yakorewe Abatutsi
Perezida Nyusi yunamiye imibiri y’inzirakarengane zazize Jenoside yakorewe Abatutsi
Perezida Nyusi akigera ku Gisozi yakiriwe n'itsinda ry'abashinzwe gucunga uru rwibutso
Perezida Nyusi akigera ku Gisozi yakiriwe n’itsinda ry’abashinzwe gucunga uru rwibutso
Perezida Nyusi yari aherekejwe n'abayobozi batandukanye barimo Minisitiri w'Umuco na Siporo Uwacu Julienne
Perezida Nyusi yari aherekejwe n’abayobozi batandukanye barimo Minisitiri w’Umuco na Siporo Uwacu Julienne
Bamusobanuriraga amateka yaranze buri gice cyo muri urwo rwibutso
Bamusobanuriraga amateka yaranze buri gice cyo muri urwo rwibutso
Bamusobanuriraga amateka yaranze buri gice cyo muri urwo rwibutso
Bamusobanuriraga amateka yaranze buri gice cyo muri urwo rwibutso
Ibyo ni ibice bitandukanye yagiye yerekwa
Ibyo ni ibice bitandukanye yagiye yerekwa
Nyuma yo gusura urwibutso, yanditse mu gitabo cy'abashyitsi
Nyuma yo gusura urwibutso, yanditse mu gitabo cy’abashyitsi
Nyuma yagiranye ikiganiro n'abanyamakuru
Nyuma yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru

Kureba andi mafoto menshi kanda AHA

Amafoto: Plasir Muzogeye

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka