Inzira y’Umusaraba ya Murangwa Eugene warokowe no kuba yari umukinnyi wa Rayons Sport (Audio)

Murangwa Eugene, yari umuzamu w’Ikipe ya Rayons Sport izwiho kuba yaragize abafana benshi kuva mu bihe bya kera, ndetse no mu bihe by’ubu bikaba bikiri uko.

Murangwa Eugene ubu yihebeye ibikorwa byo kwigisha amateka yaranze Jenoside yakorewe Abatutsi
Murangwa Eugene ubu yihebeye ibikorwa byo kwigisha amateka yaranze Jenoside yakorewe Abatutsi

Mu kiganiro kirambuye yagiranye na KT RADIO, Radio ya Kigali Today, aratugezaho inzira y’umusaraba yanyuzemo nk’Umututsi wagombaga kwicwa mu gihe cya Jenoside, ndetse akanagaragaza uburyo kuba yarakiniye Rayons Sport byaramukuye mu menyo y’interahamwe zari zigiye kumwica.

Iyumvire ubuhamya bwa Murangwa Eugene

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 2 )

tigana aracyariho ntago yapfuye

gogo yanditse ku itariki ya: 11-04-2018  →  Musubize

Ubuhamya nibwiza gusa buri give mucyunamo ibinyamakuru Nyi aho bigaruka kuri murangwa kid hari nabandi na sportifs benchi bazize genocide, nka tigana wakiniraga Rayo wabuz na barumunabe 2 bakinanaga, runuya wa mukura nabandi benshii mujye mugerageza kuba creative inkuru imwe ntikajye igaruka burimwaka

John yanditse ku itariki ya: 9-04-2018  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka