Amajyepfo: Ni ukongera ibiteganywa ku muganda rusange
Mu Ntara y’Amajyepfo mu muganda rusange hakozwe byinshi bitandukanye ariko haracyari byinshi byo gukora mu kwirinda Ibiza bishobora kwibasira iyo Ntara, nk’uko iteganyagihe ribitangaza.
N’ubwo mu muganda rusange ushize hakozwe ibikorwaremezo bitandukanye nko gukora imihanda, imiyoboro y’amazi n’ibindi bikorwa biteza imbere abaturage. Muri iki gihe cy’imvura yegereje dore ko banavuga ko izagwa ari nyinshi abantu barasabwa kwirinda ibyateza Ibiza kandi umuganda rusange ugasiga bimwe na bimwe bikemutse.
Uko byari byifashe mu karere ka Gisagara
Mu karere ka Huye
Mu karere ka Huye umuganda rusange waranzwe no gusanira utishoboye mudugudu w’Agasharu ariko hirya no hino mu karere hakozwe byinshi bitandukanye
Mu karere ka Nyanza
Mu karere ka Ruhango
Muri aka karere hakozwe umuhanda ujya kuri Poste de Sante cya Mpanda hamwe n’umuhanda ujyayo
Mu karere ka Nyaruguru
Mu karere ka Muhanga
Mu karere ka Kamonyi
Abanyamakuru ba Kigalitoday mu ntara y’Amajyepfo
Kamonyi: Uwiringira Josee
Muhanga:Murindabigwi Ephrem
Ruhango: Muvara Eric
Nyanza: Twizeyeyezu Jean Pierre
Nyaruguru: Ruzindana Charles
Huye; Marie Claire Joyeuse
Gisagara: Umuhire Clarisse
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|