Amajyepfo: Ni ukongera ibiteganywa ku muganda rusange

Mu Ntara y’Amajyepfo mu muganda rusange hakozwe byinshi bitandukanye ariko haracyari byinshi byo gukora mu kwirinda Ibiza bishobora kwibasira iyo Ntara, nk’uko iteganyagihe ribitangaza.

N’ubwo mu muganda rusange ushize hakozwe ibikorwaremezo bitandukanye nko gukora imihanda, imiyoboro y’amazi n’ibindi bikorwa biteza imbere abaturage. Muri iki gihe cy’imvura yegereje dore ko banavuga ko izagwa ari nyinshi abantu barasabwa kwirinda ibyateza Ibiza kandi umuganda rusange ugasiga bimwe na bimwe bikemutse.

Uko byari byifashe mu karere ka Gisagara

Umuhanda watunganyijwe mu murenge wa Kansi
Umuhanda watunganyijwe mu murenge wa Kansi
Igishanga cya Rumira muri Kigembe ahatewe ibigori
Igishanga cya Rumira muri Kigembe ahatewe ibigori
Aha barindaga imyaka kurengerwa
Aha barindaga imyaka kurengerwa

Mu karere ka Huye

Mu karere ka Huye umuganda rusange waranzwe no gusanira utishoboye mudugudu w’Agasharu ariko hirya no hino mu karere hakozwe byinshi bitandukanye

Mu kuyisana umuganda wahereye munsi y'amadirishya
Mu kuyisana umuganda wahereye munsi y’amadirishya
Mu mudugudu w'Agasharu biyemeje kubakira utishoboye binyuze muganda ariko kubera gutegereza umuganda rusange bigenda gahoro
Mu mudugudu w’Agasharu biyemeje kubakira utishoboye binyuze muganda ariko kubera gutegereza umuganda rusange bigenda gahoro
Huye amatafari amwe yamaze kwicwa n'imvura n'asigaye arangirika
Huye amatafari amwe yamaze kwicwa n’imvura n’asigaye arangirika

Mu karere ka Nyanza

Mu karere ka Nyanza bimwe mu bikorwa by'umuganda byibanze mu gusukura Umujyi
Mu karere ka Nyanza bimwe mu bikorwa by’umuganda byibanze mu gusukura Umujyi
Nyuma y'umuganda abahatuye bakomeje isuku y'umujyi
Nyuma y’umuganda abahatuye bakomeje isuku y’umujyi

Mu karere ka Ruhango

Muri aka karere hakozwe umuhanda ujya kuri Poste de Sante cya Mpanda hamwe n’umuhanda ujyayo

Ahakozwe umuganda rusange mu kwezi kwa munani ibyatsi byatangiye kumera
Ahakozwe umuganda rusange mu kwezi kwa munani ibyatsi byatangiye kumera
Ahakozwe umuganda rusange
Ahakozwe umuganda rusange
Hatunganyijwe Poste de Sante
Hatunganyijwe Poste de Sante

Mu karere ka Nyaruguru

Nyaruguru ibyumba bizubakwa ni bibiri
Nyaruguru ibyumba bizubakwa ni bibiri
Nta gikoresho na kimwe cyo kubaka kirahagera
Nta gikoresho na kimwe cyo kubaka kirahagera
Nyuma y'umuganda rusange habayeho gupima ikibanza no gucukura umusingi
Nyuma y’umuganda rusange habayeho gupima ikibanza no gucukura umusingi

Mu karere ka Muhanga

Abaturage bo mu murenge wa Kibangu baharura umuhanda.'
Abaturage bo mu murenge wa Kibangu baharura umuhanda.’
Uyu muhanda wari warakozwe na VUP.
Uyu muhanda wari warakozwe na VUP.

Mu karere ka Kamonyi

Mu muganda bacukuye umuyoboro
Mu muganda bacukuye umuyoboro
Umuyoboro wa Kilometero 6 niwo wacukuwe
Umuyoboro wa Kilometero 6 niwo wacukuwe
Umuyoboro abaturage bakomeje kuwucukura na nyuma y'umuganda
Umuyoboro abaturage bakomeje kuwucukura na nyuma y’umuganda

Abanyamakuru ba Kigalitoday mu ntara y’Amajyepfo

Kamonyi: Uwiringira Josee

Muhanga:Murindabigwi Ephrem

Ruhango: Muvara Eric

Nyanza: Twizeyeyezu Jean Pierre

Nyaruguru: Ruzindana Charles

Huye; Marie Claire Joyeuse

Gisagara: Umuhire Clarisse

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka