Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
Kongere y’Igihugu y’Ishyaka Riharanira Demokarasi n’Imibereho Myiza y’Abaturage (PSD) yemeje ko iryo shyaka rizashyigikira Paul Kagame mu matora y’umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Nyakanga 2024.
Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
|
Minisitiri w’Intebe Ngirente yagaragaje ko RICA izafasha ubuhinzi bw’u Rwanda kugera ku cyerekezo 2050
U Rwanda rurashima umusanzu w’abatwara amagare bazenguruka EAC
Ingabo z’u Burusiya ibihumbi 70 zimaze kugwa mu ntambara yo muri Ukraine
Kayonza: Polisi yatangiye gushaka abagizi ba nabi batwitse umurima wa kawa w’umuturage