Reba AMAFOTO 103 yaranze isozwa rya Primus Guma Guma ku nshuro ya gatandatu
Irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star ku nshuro ya gatandatu ryari rimaze amezi atatu rihatanirwa n’abahanzi 10 b’Abanyarwanda, ryashyize rigera ku musozo, aho ryegukanywe n’itsinda ‘Urban Boys’ kuri uyu wa Gatandatu, tariki 13 Kanama 2016.
Byari ibirori bikomeye kuri Stade Amahoro i Remera, aho abahanzi batandukanye ndetse n’imbaga y’abafana bari bakubise buzuye kugira ngo birebere uza kwegukana iri rushanwa rikomeye muri muzika y’u Rwanda.
Umunyamakuru ufotora wa Kigali Today yabafatiye amafoto 103 abaha ishusho rusange y’uko iri rushanwa ryasojwe.
Ihere ijisho:
Amafoto: Plaisir Muzogeye/Kigali Today.
Kanda HANO urebe andi mafoto menshi.
Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
erega tuzabivuga kwarabambere namwemwiyahure
ereganubundi murabikwiye ibyizankibyo kukonta nuwomubirwanirarwosepe nje mbonaarintawe kukonimwe mubikwibye nimwe muduhibgyiza
arban boys oyeee!! nanjye ndabemerara kiriya gikombe mwarimugikwiye pee!
arban ya kwiriye gutwara guma guma
ni umukunzi wa muzika nyarwanda arko final ya pgss 6 hari stage yatarutswe kandi ko tumenyereye ko uwegukanye irushanwa ahabwa igihembo nuwaritwaye wamubanjirije kandi byatumaga ikirori gishyuha kuki bitabaye kandi ari byiza