Kidumu arembeye mu bitaro i Bujumbura aho akeka ko yarozwe

Niyimbona Jean Pierre uzwi cyane mu muziki nka Kidumu arembeye mu bitaro aho akeka ko yaba yarozwe.

Kidumu ububarikwitabwaho n'abaganga
Kidumu ububarikwitabwaho n’abaganga

Afatwa n’ubu burwayi kidumu yatangaje ko ameze nabi cyane, akaba ajyanywe kwa muganga na bagenzi be.

Yagize ati" Meze nabi ndakeka ko narozwe. Gusa uwo ari we wese unkoreye ibi arashaka gukuraho Roho y’intungane."

Yanahaye ubutumwa abo akeka ko bamuroze agira ati" Ndinzwe n’amaraso ya Yesu, abanzi banjye ntacyo muri bugereho. Ninapfa haravuka ba Kidumu benshi bakomeze umuhamagaro wanjye."

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka