• Bose bari hamwe mu rwego rwo gukorera hamwe

    (Amafoto+Video): Imibereho ya Kina Music muri #GumaMuRugo

    Muri gahunda yo kuguma mu rugo abantu birinda icyorezo cya Coronavirus, ntibivuga ko akazi gahagaze, ku bahanzi ni umwanya wo gukora bakanashyira ibindi bihangano hanze. Kigali Today yasuye abagize inzu y’umuziki ya ‘Kina Music’ irimo Ishimwe Clement ari na we uyiyobora, Knowless, Platini, Igor Mabano ndetse na Nel Ngabo.



  • Eddy Kenzo

    #COVID19: Inzara itumye Eddy Kenzo agwatiriza imodoka ye anatabaza abafana be

    Umuhanzi Eddy Kenzo wo muri Uganda, aratabaza ko agiye kwicwa n’inzara kubera gahunda yo kuguma mu rugo, akanatakira abafana be ngo bamufashe nibura bamwoherereze amafaranga batware imodoka yari asanzwe agendamo.



  • The Beatles

    Bimwe mu bikoresho bya ‘The Beatles’ byaguzwe mu cyamunara asaga miliyari uyabaze mu manyarwanda

    Ku wa gatanu tariki 10 Mata 2020, hari hashize imyaka 50 itsinda rya ‘The Beatles’ risenyutse. The Beatles ryari itsinda ry’abanyamuziki b’Abongereza bo mu Mujyi wa Liverpool. Ryashinzwe mu mwaka wa 1960, rigizwe na John Lennon, Paul McCartney, George Harrison na Ringo Starr, rikaba ari ryo tsinda ryakunzwe cyane kurusha (...)



  • Umuhanzi Niyomwungere Leonard yakunzwe mu ndirimbo ze zitandukanye harimo iyitwa

    Umurundi Niyomwungere wamamaye mu ndirimbo ‘Abantu’ yitabye Imana azize #COVID19

    Umuhanzi w’Umurundi Niyomwungere Leonard wakunzwe cyane cyane muri aka karere k’ibiyaga bigari, biravugwa ko yitabye Imana azize Coronavirus, indwara bikekwa ko ashobora kuba yarayivanye mu gihugu cya Canada aho yari amaze iminsi aba, akaba yaguye mu gihugu cya Malawi.



  • DJ Miller yashyinguwe (Video + Amafoto)

    Inkuru y’urupfu rwa Karurangwa Virgile uzwi nka DJ Miller yamenyekanye ku gicamunsi cyo cyumweru tariki 5 Mata 2020, imihamgo yo kumushyingura ikaba yabaye kuri uyu wa Gatatu tariki 08 Mata 2020.



  • Mihigo François Chouchou wahimbye indirimbo ya Coronavirus (Photo:Internet)

    Mihigo Chouchou yashyize hanze indirimbo ya Coronavirus

    Umuhanzi François Mihigo Chouchou wamenyekanye cyane mu gucuranga giitar no mu ndirimbo nyinshi zamenyekanye ku rwego mpuzamahanga no mu Rwanda, yashyize hanze indirimbo ayita “coronavirus”, mu rwego rwo gufatanya n’abandi gukangurira isi yose gukomeza kwirinda iki cyorezo cya covid-19.



  • Muri ibi bihe bitoroshye twibuke kuvugisha inshuti zacu n’ubwo tutabonana - Israel Mbonyi

    Icyumweru cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994 gihuriranye na gahunda yo kuguma mu rugo mu rwego rwo kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19. Ni ibihe bitoroshye kuko abantu batarimo kubonana ngo babane hafi.



  • DJ Miller yitabye Imana azize uburwayi (Photo:Internet)

    DJ Miller yitabye Imana nyuma y’iminsi mike ari mu bitaro

    Karuranga Virgile wamamaye nka DJ Miller mu kuvanga imiziki no gufatanya n’abandi bahanzi mu ndirimbo zibyinitse, yitabye Imana kuri iki cyumeru tariki 05 Mata 2020, nyuma y’iminsi mike yari amaze mu bitaro, abaganga bakurikirana indwara yari amaranye igihe gito.



  • Safi Madiba yahoze mu rukundo na Parfine (Photo:Internet)

    Safi Madiba yaba agiye kubana n’umukobwa bahoze bakundana?

    Nyuma y’uko Safi Madiba agiye muri Canada abihishe inshuti ze, hagaragaye ikiganiro yagiranye n’uwo bahoze bakundana Umutesi Parfine bakaba bashobora kuba bagiye gusubirana.



  • Diamond Platnumz yavuye mu kato hamwe na bamwe mu bagize itsinda rye

    Diamond Platnumz yavuye mu kato yari amazemo iminsi 14

    Umuhanzi Diamond Platnumz wari umaze iminsi 14 mu kato, kuri uyu wa kane tariki ya 2 Mata 2020, yatangaje ko yakavuyemo ariko ko nta COVID-19 yari arwaye.



  • Fireman aherutse kuva Iwawa aho yari yaragiye kugororerwa kubera gukoresha ibiyobyabwenge (Ifoto: ISIMBI)

    Fireman uvuye Iwawa yasabye imfashanyo muri ibi bihe bya COVID-19

    Umuhanzi w’injyana ya Hip Hop Uwimana Francis uzwi ku izina rya Fireman, yumvikanye asaba ko yashyirwa mu mubare w’abantu bahabwa ingoboka z’ibiribwa n’ibindi by’ibanze nkenerwa muri ibi bihe byo kuguma mu rugo abantu birinda icyorezo cya COVID-19.



  • Bruce Melody

    Indirimbo Henzapu ya Bruce Melody yari yavanywe kuri YouTube yagarutse

    Indirimbo ‘Henzapu’ Bruce Melody aherutse gukora ikavanwa ku rubuga rwa YouTube yamaze kugarurwaho n’abakoresha imbuga nkoranyambaga bari bashatse ko ivaho.



  • Umunsi w’abahanzi muri iki gihe cyo kuguma mu rugo

    Muri iki gihe cyo kuguma mu rugo hirindwa icyorezo cya COVID-19, abahanzi nyarwanda ni bamwe mu batorohewe no kuguma mu mazu yabo, ndetse bamwe bavuga ko iminsi yivanze ku buryo batakimenya n’amatariki.



  • Producer Trackslayer yaciwe amande y

    Umunyamuziki Trackslayer yaciwe amande azira kutubahiriza amabwiriza yo gukumira COVID-19

    Nshuti Peter uzwi ku izina rya Trackslayer usanzwe akora akazi ko gutunganya umuziki (Producer), yaciwe amande y’amafaranga y’u Rwanda ibihumbi 50, azira kutubahiriza amabwiriza ya Leta yo gukumira ikwirakwizwa ry’icyorezo cya Coronavirus.



  • Manu Dibango yapfuye azize Coronavirus (Photo:Internet)

    Umunyamuziki Manu Dibango yishwe na COVID-19

    Umunya Cameroun N’djoke Dibango wamenyekanye ku izina rya Manu Dibango, wamenyekanye cyane mu gucuranga saxophone ndetse no kuririmba injyana ya Jazz, yapfuye muri iki gitondo cyo kuwa kabiri tariki ya 24 Werurwe 2020, azize icyorezo cya COVOD-19.



  • Kenny Rogers yitabye Imana afite imyaka 81 (Photo:Internet)

    Icyamamare Kenny Rogers yitabye Imana ku myaka 81

    Abagize umuryango wa Kenny Rogers batangaje ko uyu mukambwe wamamaye mu njyana ya Country yitabye Imana atarwaye, mu ijoro ryo kuya 20 Werurwe 2020, aguye mu rugo rwe ruri Sandy Springs muri Leta ya Goergia, muri Leta zunze ubumwe za Amerika.



  • Diamond atewe impungenge no kuba abaganga basanze COVID-19 muri Sallam Sharaff ushinzwe inyungu za Diamond (Ifoto: Internet)

    Ushinzwe inyungu za Diamond arwaye #COVID19: ubwoba ni bwinshi kuri Diamond

    Sallam Sharaff usanzwe ari umu DJ akaba ari na we ushinzwe inyungu z’umuhanzi Diamond Platnumz, yamaze gupimwamo Indwara ya COVID-19 abaganga bayimusangamo, bitera ubwoba cyane uyu muhanzi, avuga ko na we ashobora kuba arwaye kuko ari umuntu baba bari kumwe kenshi basangira ubuzima hafi ya bwose.



  • Ifoto ya Kitoko Bibarwa asomana n

    Kitoko yemeje ko ari hafi gushinga urugo

    Kitoko Bibarwa umunyamuziki usigaye aba mu Bwongereza, yatangaje ko noneho ari mu rukundo kandi ko bitarenze uyu mwaka wa 2020 azaba yashyingiranywe n’umukunzi we.



  • Producer Holybeat

    Producer Holybeat arafunzwe azira ibiyobyabwenge (RIB)

    Amakuru aturuka mu Rwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) aravuga ko Producer Holybeat yatawe muri yombi ku wa Gatanu tariki 06 Werurwe 2020 nyuma yo gufatanwa ibiyobyabwenge.



  • Joeboy yiteguye gukorana n’abahanzi nyarwanda

    Umuhanzi wo muri Nigeria witwa Joseph Akinfenwa Donus uzwi nka Joeboy aratangaza ko yiteguye gukorana n’umuhanzi nyarwanda ufite uburyo bwo kumenyekanisha ibihangano bakoranye.



  • Platini Nemeye (ibumoso) na Claude Mujyanama (TMC) bamaranye imyaka myinshi mu itsinda rya Dream Boys (Ifoto: Internet)

    Dream Boys mu marembera? TMC yagiye muri Amerika adasezeye Platini

    Mujyanama Claude ukoresha TMC mu muziki wanabarizwaga mu itsinda rya Dream Boys yagiye gutura muri Amerika, nyuma y’igihe havugwa itandukana ry’abagize iri tsinda, bikanavugwa ko yagiye adasezeye mugenzi we bamaranye imyaka 11 mu muziki banabanaga mu nzu.



  • Yvan Buravan agiye gukorera igitaramo cya St Valentin i Burayi

    Yvan Buravan waherukaga mu Bufaransa mu gitaramo yateguriwe na Radio Mpuzamahanga y’Abafaransa, yasubiyeyo mu gitaramo cy’umunsi w’abakundanye agiye gukorera muri Sweden.



  • Abari bagize Orchestre Impala bavuga ko bahawe ikiraka n

    Isabukuru nziza kuri Kaberuka wegukanye Marita

    Hari ku itariki ya 11 z’ukwezi kwa Feburuwari.....Iyi tariki iyo igeze benshi bibuka indirimbo Marita y’Impala, imwe mu ndirimbo z’iyi orchestre zakunzwe cyane. Kimwe mu byatumye ikundwa ni uburyo igaruka ku nkuru mpamo yabayeho ku itariki 11 z’ukwa kabiri, ubwo umusore witwa Kaberuka yapapuraga inshuti ye umukobwa (...)



  • DJ Marnaud wari wafunzwe azira guteza urusaku yarekuwe

    Umunyamuziki uvanga imiziki (DJ), uzwi ku izina rya DJ Marnaud wari wafunzwe akekwaho gusakurisha imiziki, ubwo yari arimo acuranga mu kabari kitwa Pilipili, gaherereye mu Karere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali, amakuru agezweho aravuga ko yamaze kurekurwa.



  • Jules Sentore

    Abahanzi nyarwanda ntibahabwa agaciro gakwiye - Jules Sentore

    Umuhanzi Jules Sentore ntiyumva impamvu ibigo bikomeye byo mu Rwanda bidaha akazi abahanzi nyarwanda ngo bamamaze ibikorwa byabo, ahubwo ugasanga isoko baryihereye abahanzi b’abanyamahanga.



  • Fireman yarekuwe by’agateganyo ngo aburane ari hanze

    Urukiko rwa gisirikare rwarekuye by’agateganyo Uwimana Francis uzwi nka Fireman waregwaga icyaha cy’ubufatanyacyaha mu gukubita no kuvuna umwe mu bo bagororanwaga Iwawa, bikavugwa ko yafatanyije na Cpl Murwanashyaka Modeste wigishaga bagakubita Gisubizo Fabien bakamuvuna urubavu.



  • Aba bahanzi nyarwanda bafite ibindi bikorwa by’ubucuruzi bibinjiriza Amafaranga

    Ni kenshi abahanzi babazwa ikindi bakora iyo badahugiye mu muziki cyangwa ibitaramo. Aba ni bamwe mu bahanzi nyarwanda bafite ibindi bikorwa by’ubucuruzi bibinjiriza amafaranga, bakabifatanya no gukora umuziki.



  • Joeboy

    Joeboy agiye kuza gutaramira Abanyarwanda

    Umunya-Nigeria w’imyaka 22, Joseph Akinfenwa Donus uzwi ku izina ry’ubuhanzi rya Joeboy, ni we uzaririmba mu gitaramo kimaze kumenyerwa mu Mujyi wa Kigali kizwi ku izina rya “Kigali Jazz Junction”, kizaba tariki ya 28 Gashyantare 2020.



  • Abahanzi banyuze Iwawa ubu baherereye mu biki?

    Byagiye bivugwa kenshi ko abahanzi bakoresha ibiyobyabwenge, bamwe muri bo bakajyanwa mu Kigo Ngororamuco cya Iwawa. Urutonde rukurikira ni bamwe mu bajyiye Iwawa n’uko bameze nyuma yo kuva yo.



  • Bruce Melodie agiye kumurika televiziyo ye ku mugaragaro

    Umunyamuziki Bruce Melodie agiye kumurika televiziyo ye ku mugaragaro nyuma y’igihe kinini ari mu igerageza ry’iki gitangazamakuru gishyashya hano mu Rwanda.



Izindi nkuru: