• Zuchu yasabye imbabazi nyuma y

    Zanzibar: Umuhanzi Zuchu yasabye imbabazi ku gihano yahawe

    Umuhanzi w’icyamamare Zuch uturuka muri Wasafi Records, yasabye imbabazi nyuma y’uko yari yahagaritswe mu bikorwa byose by’ubuhanzi mu gihe cy’amezi atandatu kubera imyitwarire yagaragaje mu gitaramo aheruka gukorera muri Zanzibar kiswe ‘Fullmoon Kendwa Night’ ku itariki 24 Gashyantare 2024.



  • Mukabaranga Gerturde ahagana mu 1992

    Mukabaranga yahimbye indirimbo, Bikindi amwita icyitso

    Mukabaranga Gerturde w’imyaka 59 wamenyekanye ahagana mu 1991 akiri mu mwuga w’ubuhanzi, ni we wahimbye indirimbo yitwa Urabeho uwo nkunda n’iyitwa ‘Igitaramo’ aho agira ati ‘Iki gitaramo cy’abakuru n’abato, twateraniye aha ngo twishimane...’, ariko iyi by’umwihariko yari igiye kumukoraho habura gato.



  • Bob Marley sneakers

    Adidas igiye gusohora inkweto za siporo zitiriwe Bob Marley

    Uruganda rwa Adidas rukora ibikoresho birimo inkweto n’imyambaro bya siporo, rwatangaje ko rugiye gushyira hanze inkweto zitiriwe icyamamare mu njyana ya Reggae, Robert Nesta Marley uzwi nka Bob Marley.



  • Zari na Diamond bafitanye abana babiri

    Sindaryamana na Diamond kuva twatandukana - Zari Hassan

    Zarinah Hassan uzwi nka Zari the Boss Lady, yahakanye yivuye inyuma inkuru ziherutse kuvugwa ko aryamana na Diamond Platnumz nyuma yo gutandukana mu 2018, kuko no kumusoma ku itama byoroshye ngo atarabikora.



  • Big Fizzo na Eddy Kenzo bazashyigikira Platini P mu kwishimira imyaka 14 amaze muri muzika

    Eddy Kenzo na Big Fizzo ku rutonde rw’abazitabira igitaramo cya Platini P

    Abahanzi bo mu Karere barimo Eddy Kenzo ukomoka muri Uganda na Big Fizzo wo mu Burundi, ni bamwe mu bateganyijwe kuzifatanya na Platini P mu gitaramo cyiswe ‘Baba Experience’, cyo kwishimira imyaka 14 amaze mu muziki.



  • Burna Boy yahariwe umunsi ngarukamwaka muri Amerika

    Burna Boy yahariwe umunsi ngarukamwaka mu mujyi wa Boston

    Umujyi wa Boston, muri Massachusetts, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, watangaje ko iya 2 Werurwe ari umunsi wahariwe Umuhanzi Burna Boy ‘Burna Boy Day’, mu rwego rwo kumushimira ku bw’ibikorwa bye bya muzika n’ubuvugizi.



  • Urupfu rw

    Urupfu rw’umuraperi AKA rwari rwarateguwe - Polisi ya Afurika y’Epfo

    Inzego z’umutekano muri Afurika y’Epfo, zatangaje ko zataye muri yombi abantu barindwi bakekwaho guhitana umuhanzi Kiernan Forbes, uzwi nka AKA, ndetse ko aba bantu amakuru agaragaza ko babyishyuriwe nubwo hataramenyekana impamvu.



  • Jay-Z ni we abafana bifuza mu gitaramo cya Super Bowl 2025 halftime Show

    Jay-Z mu bahanzi bifuzwa mu birori bya ‘Super Bowl 2025 halftime Show’

    Nyuma y’uko umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya Pop na RnB, Usher Raymond IV, yitwaye neza ku rubyiniro ndetse agakora n’amateka mu gitaramo cya Super Bowl half-time Show cy’uyu mwaka, abafana batangiye gusaba ko Jay Z ari we uzabataramira mu 2025.



  • Davido yasabye Kanye West kumwiyungaho muri Puma

    Davido yasabye Kanye West gutera umugongo Adidas akamwiyungaho muri Puma

    Umuraperi Kanye West, nyuma y’uko akomeje kugirana ibibazo n’uruganda rwa Adidas rukora inkweto, mugenzi we Davido ukomoka muri Nigeria yamusabye kumusanga muri Puma abereye Ambasaderi ku rwego rw’Isi, agatera umugongo Adidas.



  • P Diddy arashinjwa ihohotera rishingiye ku gitsina n’umugabo mugenzi we

    Umuraperi akaba n’umwe mu bahanzi batunze akayabo, Sean Love Combs uzwi nka P Diddy, yongeye gushinjwa ibikorwa by’ihohoterwa rishingiye ku gitsina aho kuri iyi nshuro bitandukanye na mbere kuko ashinjwa na Rodney Jones Jr, umwe mu bagabo bahoze bamutunganyiriza indirimbo.



  • Davido agiye gutanga inkunga ya miliyoni 237 Frw mu bigo by’imfubyi

    Umuhanzi David Adeleke wo muri Nigeria ukunzwe mu njyana ya Afrobeats, uzwi ku izina rya Davido, yatangaje ko agiye gutanga inkunga ya miliyoni 300 z’ama-Naira (Miliyoni 237Frw) yo gufasha imfubyi muri Nigeria binyuze muri Fondasiyo ye.



  • Diamond Platnumz yaciye bugufi asaba imbabazi umukunzi we zuchu

    Diamond yakodesheje indege igitaraganya agiye gusaba imbabazi Zuchu

    Umuhanzi Diamond Platnumz, ni umwe mu bakomeje kwandikwa no kugarukwaho mu binyamakuru bitandukanye mu Karere, bitewe n’inkuru zikomeje kumuvugwaho, aho ikigezweho ari uburyo yakodesheje indege igitaraganya agiye gusaba imbabazi Zuchu, bavugwa mu rukundo.



  • Se wa Taylor Swift arashinjwa gukubita umunyamakuru

    Se wa Taylor Swift arashinjwa gukubita umunyamakuru

    Umufotozi bamwe bita ‘Paparazzi’ wo muri Australia, yatanze ikirego kuri polisi yo muri icyo gihugu, aho ashinja se w’icyamamarekazi Taylor Swift, kumukubita igipfunsi mu maso ubwo umukobwa we yasozaga ibitaramo yakoreraga mu mujyi wa Sydney.



  • Igitaramo gisoza Tour du Rwanda cyasusurukije abo mu Gisimenti (Amafoto)

    Ahashyizwe Car Free Zone hazwi nko ku Gisimenti i Remera mu Mujyi wa Kigali, hajyaga hahurira abidagadura muri weekend ntihari haherutse kubera ibitaramo, igisoza Tour du Rwanda 2024 kikaba cyongeye kuhasusurutsa.



  • Zari Hassan afatanye agatoki ku kandi na Diamond Platnumz

    Zari Hassan yashyize umucyo ku mashusho ye na Diamond wahoze ari umugabo we

    Umunyamidelikazi akaba n’umwe mu bagore b’abaherwe, ufite inkomoko muri Uganda, Zari Hassan uzwi nka ‘The Boss Lady’, yakuyeho urujijo ku mashusho aherutse gusakara ku mbuga nkoranyambaga afatanye agatoki ku kandi n’uwahoze ari umugabo we, Diamond Platnumz, bigakekwa ko basubiranye.



  • Simi n

    Simi yahishuye ko atifuzaga gushakana n’umugabo w’umuhanzi

    Umuhanzikazi Simisola Bolatito Kosoko, akaba umwe mu bagore bakundirwa ijwi ryiza muri muzika ya Nigeria no ku rwego mpuzamahanga, yasobanuye uko Facebook yamuhuje n’umugabo n’uburyo atifuzaga gushakana n’umuhanzi.



  • Usher yiyemeje kuyoboka injyana ya Afrobeats

    Usher agiye kuyoboka injyana ya Afrobeats

    Umuhanzi Usher Raymond IV wamamaye mu muziki mpuzamahanga mu njyana ya R&B, nka Usher, yatangaje ko nyuma ya alubumu ye nshya yahurijeho abahanzi bo muri Nigeria, agiye gutangira gukora indirimbo mu njyana ya Afrobeats.



  • Theo Bosebabireba

    Theo Bosebabireba ari mu bahanzi nyarwanda 10 bakunzwe muri Uganda

    Uko iminsi igenda itambuka ni nako umuziki nyarwanda ugenda urushaho gutera imbere mu buryo bugaragara ndetse bikagaragarira mu buryo abahanzi bakomeje kwigaragaza ku ruhando mpuzamahanga by’umwihariko mu Karere.



  • MUKAYISIRE Benilde na musaza we nyakwigendera RANDERESI Landouard

    Menya imvano y’indirimbo ‘Karoli Nkunda’ ya Randeresi Landouard

    Nyakwigendera Randeresi Landouard waririmbye ‘Karoli Nkunda’, indirimbo benshi bakunze kwita ‘Karoli nshuti yanjye y’amagara’, ni umwe mu bahanzi bo hambere bigiye gucuranga mu kigo cyitaga ku bafite ubumuga cya Gatagara, ahahoze ari muri Perefegitura ya Gitarama, ubu ni mu Karere ka Nyanza.



  • Imbogamizi abakobwa bakora umwuga wo kuvanga umuziki (Deejay) bahura na zo

    Umwuga wo kuvanga umuziki (Deejay) ntumenyerewe cyane mu bakobwa kuko kuva mbere wasangaga ukorwa n’ab’igitsina gabo gusa ariko uko imyaka yagiye izamuka, ni ko n’abakobwa bagenda barushaho kuwinjiramo ndetse bakanagaragaza ko bashoboye.



  • Beyoncé yakoze amateka mu njyana ya Country Music

    Beyoncé yabaye umwiraburakazi wa mbere ukoze amateka mu njyana ya ‘Country Music’

    Beyoncé Giselle Knowles-Carter, umuhanzikazi ukomoka muri Amerika, yabaye umwiraburakazi wa mbere wakoze amateka, indirimbo ye aherutse gushyira hanze ikayobora urutonde rwa Billboard country chart’ rw’injyana za Country Music.



  • Album Thriller ya Michael Jackson niyo ihiga izindi mu kugurishwa kopi nyinshi

    Alubumu ebyiri za Michael Jackson ku rutonde rw’iz’ibihe byose zagurishijwe cyane

    Abahanzi nka Michael Jackson, Whitney Houston, umwami n’umwamikazi mu njyana ya Pop na RnB, ni bamwe mu bagiye bakora amateka bagaca uduhigo tutarakurwaho n’undi uwo ari we wese bakagurisha miliyoni za kopi za Alubumu ku bakunzi babo hirya no hino ku isi.



  • Kenny Sol yinjiye mu nzu ifasha abahanzi ya Coach Gael

    Kenny Sol yasanze Bruce Melodie muri 1:55 AM

    Rusanganwa Norbert, uzwi nka Kenny Sol, akaba umwe mu bahanzi bahagaze neza bamaze no kugwiza igikundiro mu Rwanda no mu Karere, yamaze kwinjira mu mikoranire na label y’umuziki ya 1:55 AM, iyobowe na Karomba Gael, uzwi ku izina rya Coach Gael.



  • Ngombwa Timothée wahimbye ‘Ziravumera’ agiye kurega abamwibye ibihangano

    Umusaza Ngombwa Timothée wahimbye indirimbo zirenga 100 zirimo izagize uruhare mu rugamba rwo kubohora igihugu nka Ziravumera, Ziganjamarembo, n’izindi, yatangarije Kigali Today ko nyuma y’igihe kirekire yari amaze arwaye, ubu noneho aje guhagarara ku bihangano bye byitirirwa abandi bahanzi.



  • Jennifer Lopez

    Jennifer Lopez yahawe izina ryo muri Nigeria

    Umuhanzikazi akaba n’umukinnyi ukomeye muri sinema ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Jennifer Lopez, yatangaje ko akazina ka ‘Ifunanya’, ari ryo zina ry’akabyiniriro agiye kujya yitwa.



  • Taylor Swift na Beyoncé bateguje abakunzi babo Album nshya

    Mu birori biba bihanzwe amaso n’Isi yose, biherekeza umukino wa nyuma wa Shampiyona ya NFL (American Football) bizwi nka Super Bowl halftime Show, abahanzi Taylor Swift na Beyoncé batangaje ko bitegura gushyira hanze Album zabo nshya.



  • Umuhanzi Joeboy yatangije ibikorwa bifasha abandi bahanzi

    Umuhanzi Joeboy yatangije inzu ifasha abahanzi yise ‘Young Legend’

    Umuhanzi mu njyana ya Afrobeats, Joseph Akinfenwa Donus, uzwi cyane ku izina rya Joeboy, nyuma yo gutandukana n’inzu yari isanzwe imufasha ya Empawa Music ya Mr Eazi, yatangaje ko na we yashinze inzu izajya ifasha abahanzi yise ‘Young Legend’.



  • The Ben yishimiwe cyane n

    Uganda: The Ben yatanze ibyishimo ku munsi w’abakundana

    Mu gitaramo umuhanzi The Ben yakoreye i Kampala ku munsi w’abakundana (Saint Valentin), yatanze ibyishimo ku rwego rwo hejuru ku bakunzi b’umuziki we mu gihugu cya Uganda.



  • Menya indirimbo 8 zamamaje abatari ba nyirazo

    Mu mwuga w’ubuhanzi by’umwihariko kuririmba no gucuranga, habamo abahanzi bakundwa cyane kubera indirimbo runaka kandi nyamara atari bo bazihimbye ariko ugasanga zaratumye bamamara kurusha ba nyirazo (ba nyiringanzo).



  • Hagiye gutoranywa abanyempano bashya mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana

    Irushanwa rya ‘Rwanda Gospel Stars Live 2024’ ryagarukanye umwihariko, aho rigiye kuzenguruka Igihugu hatoranywa abanyempano bashya, mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana.



Izindi nkuru: