Waba uzi uwahimbye iyi ndirimbo?

Hatuwezi kurudi nyuma, ni imwe mu ndirimbo nyinshi zateraga imbaraga ingabo za RPF Inkotanyi ku rugamba rwo kubohora igihugu.

Iyi ndirimbo iririmbye mu rurimi rw’Igiswayire benshi mu bakurikiye urugamba rwo kubohora igihugu barayibuka, ariko nanubu ntawe urabasha kumenya uwayihimbye.
Uwamumenya yamudusangiza.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 11 )

mushake uwitwa Rwayigaba ubu akora muri RCS muheruka ku Gisovu

arababwira uwayihimbye abaye atari we

mutebi john yanditse ku itariki ya: 21-06-2018  →  Musubize

nijye wayihibye. ese murashakira iki?

richard yanditse ku itariki ya: 19-06-2018  →  Musubize

Mwarakoze cyane!!!!tura bakunda kandi tubari inyuma

King yanditse ku itariki ya: 6-06-2018  →  Musubize

Those are the heroes who gave their heart, body and soul to make Rwanda what it is now, and the fight still goes on, this time in a different form. Let’s keep it up

Bido yanditse ku itariki ya: 6-06-2018  →  Musubize

You are right Bido. We intended to make Rwanda more brighter. This is why we are proud of the development we have reached so far. The time we spent in bush rebellion is meaningful. No matter what happens, some memories can never be replaced. I am happy that I was a frontline military young man in the bush war in 1990.

Ngoga Alphonse yanditse ku itariki ya: 6-06-2018  →  Musubize

The song background is from NRA,maybe Mwangabwoba tried to match with RPF realities. Indeed,it helped us to go ahead as our motto was ’’ No retreat, No surrender’’. Good memories in Virunga hardships we were facing. Lakini haturihangayikila bule.

Ngoga Alphonse yanditse ku itariki ya: 6-06-2018  →  Musubize

icyo nzi cyo ni umusirikare, namwe nimumushakishe

rushati yanditse ku itariki ya: 6-06-2018  →  Musubize

Uwo kayoyo wumunyamurenge ubu ni General muri congo

Ben yanditse ku itariki ya: 6-06-2018  →  Musubize

Ni MWANGABWOBA John ubu ni rtd.

Damson yanditse ku itariki ya: 5-06-2018  →  Musubize

Mwangabwoba yayihimbye ryari se? Uwo yaje mu Gisirikale tuyiririmba natwe twayikuye muri NRA, bishoboke ko ariyo bahimbiwe mu gihe cyo bavaga (NRA) za Mozambique bagiye gutangiza struggle yo kubohora Uganda

LMikey yanditse ku itariki ya: 5-06-2018  →  Musubize

YITWA JENERAL KAYOYO UMUSIRIKARE W’UMUNYAMURENGE UBU NI UMU OFFICIER MURI RDC/KINSHASA

HHHH yanditse ku itariki ya: 4-06-2018  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka