Trace Awards: Abahanzi mu myiteguro ya nyuma mbere yo gutarama (Amafoto)
Abahanzi 50 baturutse hirya no hino bateraniye i Kigali, bakaba bagomba guca ku rubyiniro rumwe mu masaha 4 atarenga, ubu bari mu myiteguro ya nyuma, aho bamaze gukora inyito kugira ngo bataramire abitabiriye ibirori.
Biteganyijwe ko ku isaa mbiri z’ijoro zo kuri uyu wa Gatandatu tariki 21 Ukwakira 2023, ari bwo ibirori nyirizina byo gutanga ibihembo bya Trace awards muri BK arena.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|