AMAFOTO 20 y’ubukwe bwa Clement na Knowles utabonye

Kuri iki cyumweru tariki 7 Kanama 2016, nibwo Clement Ishimwe usanzwe utunganya umuziki yambikanye impeta n’umuhanzikazi Knowles Butera, mu bukwe bwari bwitezwe na benshi.

Twabatoranyirije amafoto 20 agaragaza uko ubu bukwe bwagenze:

Akanyamunezaneza kagaragaraga ku isura yabo.
Akanyamunezaneza kagaragaraga ku isura yabo.
kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 106 )

Knowless NaWe Clement Mbifurije Hungu Na Kobwa Kandi Uwo Munezero Wanyumuza Wugumane Peee.i Ni Mana Izabifashemwo.

Ngamijimana Valens yanditse ku itariki ya: 17-08-2016  →  Musubize

Ndabona Bari Baberewe.Ariko Baraduhemukiye,batumye Tutabutaha Kdi Twari Tubakunze.Ubu Nta Bukwe Bw’umusitari Narota Njyamo

Bosenibamwe yanditse ku itariki ya: 13-08-2016  →  Musubize

knoweless ndagukunda cyane pe warunaberewe rwose gusa nkunda indirimbo yawe yitwa SINZAKWIBAGIRWA iramfasha cyane kuko inyibutsa umugabo wange watabarutse none rero mukobwa mwiza uzagire urugo rwiza rwamahoro nimigisha kdi rukunda abantu uzubahe umugabo unamenye guca bugufi imbere ye niryo pfundo ryo kubaka rugakomera

gogo yanditse ku itariki ya: 12-08-2016  →  Musubize

jedensmith

jimmy yanditse ku itariki ya: 10-08-2016  →  Musubize

gusa muraberanye

Jacky yanditse ku itariki ya: 10-08-2016  →  Musubize

hhhhhhhhhhh!birashimishije muzabyare hungu na kobwa kd tubarinyuma

Jacky yanditse ku itariki ya: 10-08-2016  →  Musubize

URRURGO RUHIRE BAVANDIMWE

Shyaka Aimable yanditse ku itariki ya: 9-08-2016  →  Musubize

Knwolss uzubake rukomere kd Akaramata kazabe akaramata muzaryoherwe nubuzima mbifurije imigisha ituruka ku MANA

Shyaka Aimable yanditse ku itariki ya: 9-08-2016  →  Musubize

Urugo ruhire kuri Knowless na Clement. Uburere mwahawe no gusenga bizabafasha kubana amahoro. [Imana izabibafashemo]

Hamesh Shyaka yanditse ku itariki ya: 9-08-2016  →  Musubize

barabe amakara ntibabe urubeya

joker yanditse ku itariki ya: 9-08-2016  →  Musubize

MBIFURIJE URUGO RUHIRE.RURANGWE N’AMAHORO

HABARUREMA yanditse ku itariki ya: 9-08-2016  →  Musubize

najye mbifurije urugo ruhire bazabyare ugu nakobwa arikose kuki batabunyujije kuri terefiziyo NGO turebe umuhanzi wacu yaberewe?

kajyambere yanditse ku itariki ya: 9-08-2016  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka