Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
Kongere y’Igihugu y’Ishyaka Riharanira Demokarasi n’Imibereho Myiza y’Abaturage (PSD) yemeje ko iryo shyaka rizashyigikira Paul Kagame mu matora y’umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Nyakanga 2024.
Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
|
Motar FC mu makipe atatu yazamutse mu cyiciro cya kabiri
Uganda: Perezida w’Inteko ishinga amategeko ari mu bayobozi batanu bakumiriwe kwinjira muri Amerika
UN yibutse abarimo abanyarwanda baguye mu butumwa bwo kubungabunga amahoro ku isi
Abohereza ibicuruzwa hanze bagiye gushyirirwaho ikoranabuhanga ribafasha kubona ibyangombwa