Moto zisimbuka zongeye gushyushya abakunzi bazo (AMFOTO)

Mu myaka mike ishize mu Rwanda hamaze kwaduka imikino myinshi yose iganisha ku myidagaduro, ariko muri yose ntayo irimo kwigarurira imitima y’Abanyarwanda nk’umukino wa moto ziguruka uzwi nka "Endurocross".

Uyu mukino ukinirwa mu nzira zigoranye ariko ukifashisha moto zabuhariwe, ni umwe mu mikino itari imenyerewe mu Rwanda ariko kuva aho utangiye gukinwa mu myaka mike ishize aho ubereye usanga ufite abafana benshi.

Kuri iki Cyumweru tariki 16 Nzeri 2018, wongeye kubera mu Karere ka Bugesera, ahasanzwe hari ikibuga cyawo. Twabahitiyemo amafoto agaragaza uko byari bimeze. Ariko ukeneye kureba andi mafoto menshi y’uko wagenze kanda AHA.

Amafoto: Plaisir Muzogeye

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 3 )

ndashaka inyimico zinyarwnda kanyombya

torero yanditse ku itariki ya: 3-04-2020  →  Musubize

iyomoto.umunuyayibonaguteknyishaka.

BIKORIMANA ADRIEN yanditse ku itariki ya: 24-06-2020  →  Musubize

Twishimiye iri terambere ry’u Rwanda gusa turifuza ko aya mamoto yagera iwacu muri Congo murakoze.

Imanirafasha Joseph yanditse ku itariki ya: 8-12-2018  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka