Petit Stade iteye amabengeza, iby’ingenzi byararangiye (Amafoto)

Inyubako y’ikibuga cy’imikino y’intoki ya Petit Stade kugeza ubu iragana ku musozo, aho yavuguruwe.

Inyubako z’imikino zikomeje kuvugururwa mu gice cya Remera, ahasanzwe habarizwa Stade Amahoro, BK Arena, Petit Stade ndetse n’inyubako y’imikino y’abafite ubumuga.

Kuri uyu wa Kane twasuye inyubako izwi nka Petit Stade, ubusanzwe iberamo imikino y’intoki nka Handball, Volleyball, Basketball n’indi.

Iyi nyubako kugeza ubu ibikorwa by’ingenzi byamaze kurangira, nk’aho abafana bicara hamaze gushyirwamo intebe, ikibuga cyaratunganyijwe ndetse n’ikibaho cyandikwaho ibitego cyamaze kugezwamo.

Mu mafoto, uku ni ko inyubako ya Petit Stade imeze kugeza ubu

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka