Tubane James wakiniraga Rayon yasinyiye AS Kigali

Tubane James wari umaze imyaka ibiri mu ikipe ya Rayon Sports, yamaze kuyivamo asinyira AS Kigali imyaka ibiri

Tubane James nyuma yo gusinya muri AS Kigali
Tubane James nyuma yo gusinya muri AS Kigali

Nk’uko bitangazwa n’ikipe ya AS Kigali myugariro wakiniraga ikipe ya Rayon Sports ari we James Tubane, yamaze gusinyira ikipe ya AS Kigali imyaka ibiri, akaba ari nayo yari yaravuyemo ubwo yerekezaga mu ikipe ya Rayon Sports.

Yamaze gusinya imyaka ibiri muri AS Kigali
Yamaze gusinya imyaka ibiri muri AS Kigali
Tubane James witwaye neza mu myaka ibiri yakiniye Rayon Sports
Tubane James witwaye neza mu myaka ibiri yakiniye Rayon Sports
Tubane James (wambaye ubusa hejuru) yishimira ibitego 4-0 batsinze APR uyu mwaka
Tubane James (wambaye ubusa hejuru) yishimira ibitego 4-0 batsinze APR uyu mwaka

Tubane James wafashije ikipe ya Rayon Sports kwegukana igikombe cy’Amahoro cy’uyu mwaka, agiye muri AS Kigali aho azaba ahanganiye umwanya na Nshutiyamagara Ismail Kodo,Kayumba Soter ndetse na Bishira Latif.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka