Rayon Sports yatangaje imyenda izambara 2016/2017-Amafoto

Ikipe ya Rayon Sports yamaze gutangaza imyambaro ibiri itandukanye izajya ikinana mu mwaka w’imikino wa 2016/2017

Abinyujije ku rubuga nkoranyambaga rwa Twitter na Facebook, Gakwaya Olivier Umunyamabanga mukuru wa Rayon Sports yerekanye imyenda iyi kipe izajya ikinana iri ku kibuga cyayo ndetse n’igihe izaba yasuye.

Amafoto

Umwambaro izajya ikinana yakiriye umukino (Home Kit)
Umwambaro izajya ikinana yakiriye umukino (Home Kit)
Uwo izajya ikinana yasuye (Away Kit)
Uwo izajya ikinana yasuye (Away Kit)
Uku ni ko Rayon Sports yambaraga iri iwayo umwaka ushize w'imikino
Uku ni ko Rayon Sports yambaraga iri iwayo umwaka ushize w’imikino

Usibye kandi abakinnyi bazajya bambara iyi myenda, abafana nabo ngo izabasha kubageraho ndetse kandi ikazaba imeze nk’iyi abakinnyi bazajya bakinana nk’uko n’ubundi Gakwaya Olivier yakomeje kubyizeza abafana abinyujije ku mbuga nkoranyambaga.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 43 )

Twishimiye Ko eqwipe yacu umwaka utaha izaba ikeye.

Musafiri Francois yanditse ku itariki ya: 20-09-2016  →  Musubize

kabisa numbwo ntari umu rayon; gasenyi murankosoye iyo myenda yanyu ni ikosora pe

gasana yanditse ku itariki ya: 19-09-2016  →  Musubize

None c Pierrot niwe uzajya yambara 6 noneho kondeba ariwe wanditse kuri jesy nb 6

David yanditse ku itariki ya: 19-09-2016  →  Musubize

ziriya jez ninziza rayon izaba icanye kumaso kandi ndabona izanatwara igikombe.

mukunzi yanditse ku itariki ya: 19-09-2016  →  Musubize

Komera rayon n’abafana bawe.imyenda tuzayambara kbs Dore ko noneho tuzaba turi kumwe ba Skol ku kibuga.

dfgh yanditse ku itariki ya: 19-09-2016  →  Musubize

Komera rayon n’abafana bawe.imyenda tuzayambara kbs Dore ko noneho tuzaba turi kumwe ba Skol ku kibuga.

dfgh yanditse ku itariki ya: 19-09-2016  →  Musubize

Igitekerezo kiza peuh!!
gusa nizere ko tutazongera kubona abakinnyi bambara ibyo babonye.
Smartness irakenewe cyane ku makipe ya hano mu Rwanda

Boli yanditse ku itariki ya: 19-09-2016  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka