Abinyujije ku rubuga nkoranyambaga rwa Twitter na Facebook, Gakwaya Olivier Umunyamabanga mukuru wa Rayon Sports yerekanye imyenda iyi kipe izajya ikinana iri ku kibuga cyayo ndetse n’igihe izaba yasuye.
Amafoto
Usibye kandi abakinnyi bazajya bambara iyi myenda, abafana nabo ngo izabasha kubageraho ndetse kandi ikazaba imeze nk’iyi abakinnyi bazajya bakinana nk’uko n’ubundi Gakwaya Olivier yakomeje kubyizeza abafana abinyujije ku mbuga nkoranyambaga.
Ibitekerezo ( 43 )
Ohereza igitekerezo
|
Twishimiye Ko eqwipe yacu umwaka utaha izaba ikeye.
kabisa numbwo ntari umu rayon; gasenyi murankosoye iyo myenda yanyu ni ikosora pe
None c Pierrot niwe uzajya yambara 6 noneho kondeba ariwe wanditse kuri jesy nb 6
ziriya jez ninziza rayon izaba icanye kumaso kandi ndabona izanatwara igikombe.
Komera rayon n’abafana bawe.imyenda tuzayambara kbs Dore ko noneho tuzaba turi kumwe ba Skol ku kibuga.
Komera rayon n’abafana bawe.imyenda tuzayambara kbs Dore ko noneho tuzaba turi kumwe ba Skol ku kibuga.
Igitekerezo kiza peuh!!
gusa nizere ko tutazongera kubona abakinnyi bambara ibyo babonye.
Smartness irakenewe cyane ku makipe ya hano mu Rwanda