McKinstry yahagaritswe ku mirimo yo gutoza Amavubi

Johnattan McKinstry wari umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi yamaze guhagarikwa ku mirimo yo gutoza Amavubi nyuma yo gutanga umusaruro muke

McKinstry yamaze guhagarikwa
McKinstry yamaze guhagarikwa

Nk’uko byari bimaze iminsi bivugwa ko Johnattan Brian McKinstry ashobora guhagarikwa ku mirimo yo gutoza Amavubi, ubu ntibikiri ibihuha yamaze guhagarikwa nk’uko Kigali Today yabitangarijwe na Rurangayire Guy, Umukozi wa Minisiteri ya Siporo n’Umuco (MINISPOC), ushinzwe amakipe y’igihugu.

Taliki 20 Werurwe 2015 ni bwo yerekanwe nk'umutoza
Taliki 20 Werurwe 2015 ni bwo yerekanwe nk’umutoza

Taliki 20 Werurwe 2015, Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ni bwo ryemeje Jonathan McKinstry nk’umutoza mukuru w’Amavubi ugomba gusimbura Stephen Constantine wagiye gutoza ikipe y’igihugu y’ubuhinde.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 6 )

WA MU GABO WE URARENGANYE PE.DEGAUL AMEZE NKA YA MBWA YABWIYE SHEBUJA ATWAWE NU RUZI ITI JYENDA ABAGIRA IYO BAJYA BARAJYENDA.MURAKOZE

rukundo yanditse ku itariki ya: 21-08-2016  →  Musubize

Nagende Ntaco yatumariye yariye Amafaranga yacu .Ajanenaba Muhaye Akazi OK.

IYAKAREMYE yanditse ku itariki ya: 19-08-2016  →  Musubize

Niyigendere gusa izo million ninyinshi kbs kd 2karushaho gusubirinyuma twanashoye amafranga, angana kuriya?

Alias yanditse ku itariki ya: 18-08-2016  →  Musubize

Baratinze Uwariye yarariye NGO yahebwaga Anaheim?(11000000frs ku kw ezu?)arkose uretseko abanyarwanda ari imfura Kokomo uwayamuhaye akwiye ingando Arizona bakamuha isuka akumva Ubuntu amafranga avuna umusaruro turawubonye abatoranya umutoza Nagano Mishima aho mudusize.bambe NGO ni impuguke. Abahanga data!!!! Cyobikoze Madame julienne ace inkoni abeam pondere knd abo Basra ntibazongere kukubashya

Coach zune yanditse ku itariki ya: 18-08-2016  →  Musubize

yadusubije inyuna ntiyabuze byose mugihe yaradufite twakuze nkisabune ntacyo yatumariye nagende

Jerome yanditse ku itariki ya: 18-08-2016  →  Musubize

Uyu Mwana Ararenganye Byose Ni Degaul!

AaIjwiry’abarayon hurigans yanditse ku itariki ya: 18-08-2016  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka