Mu myitozo yo kuri uwa Kabiri yabereye kuri Stade Amahoro, ikipe ya Rayon Sports yakoze imyitozo idakomeye cyane kubera urugendo rutari ruto iyi kipe yagombaga gukora yerekeza i Bamako muri Mali.
Abakinnyi Rayon SPorts ijyanye muri Mali:
Nova Bayama, Irambona Eric, Kwizera Pierrot, Manzi Thierry, Mugisha Francois Master, Muhire Kevin, Munezero Fiston, Ndayishimiye Eric (C), Nshuti Dominique Savio, Niyonzima Olivier, Mugabo Gabriel, Mutuyimana Evariste, Kakule Mugheni Fabrice, Moussa Camara, Nahimana Shassiri, Nzayisenga Jean d’Amour, Nsengiyumva Moustapha na Tidiane Kone.
Amafoto ku myitozo nyuma
Amafoto: Muzogeye Plaisir
Ibitekerezo ( 16 )
Ohereza igitekerezo
|
izabikoraturayizeye
rayoizabikoreye.
apr barayomba ark nibavuge ntacyo bitwaye ngo imanura bamwe munzego niyo izamura abandi iapr mujyeze aho umurayon yishimira nimutuze za kirehe zibatimbagure. hhhhhhhhhhhhhhhh
oreyooo tukurinya izabikora3.0
Courage Rayon Sport uzahagarire igihugu neza maze uduheshe ishema mu mahanga. ndi Umufana wa APR ariko ndifuriza Rayon intsinzi mw’izina ry’igihugu.
Rayon niyacu twese tuyiri inyuma kandi izabikora ntakabuza gusa kuba rwatubyaye bamusize birababaje rwose !
ngo 12 yewe uzicwa n agahinda wo gapfawe.
Reyon ndabizi tuzashwanyaguza onze createurs 2-1 mwebwe mumenye ko tuzatsinda iwabo,nahano tuzashwanyaza 4-0 kgl, mufate iryiburyo
Nidushyira hamwe ntagutinya Ekipe noguhuzagurika mpamyanezako tuzabatungura tukabarya 2-0 tugatahukana insinzi. kd Gikundiro yacu tuyiri inyuma.
ntabyo ubonye rero ahubwo guma hamwe wowe na apr yawe turakwiteguye muri retour tukakwereka ko burya atari buno naho ngo icyaguha rayon bakayitsinda 12 aho wayobye uvuge ibindi.
NGO 12 ?
uretse na rayon na Apr yamenyereye mumenyere ntirabitsindwa sha
ok,rayon sport yacu tuyirinyuma igomba kubikora turikumwe.