Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu ahagana mu Saa Cyenda z’amanywa, ni bwo Gianni Infantino uyobora Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku Isi (FIFA) yageze mu Rwanda, aho yihiytiye kuri Stade Amahoro akabanza kureba umukino Police Fc yanganyijemo na Rayon Sports ibitego 2-2.
Nyuma yahao yerekeje iruhande rwa FERWAFA ahari kubakwa Hotel y’iri shyirahamwe, maze ahashyira ibuye ry’ifatizo ndetse anatangiza igikorwa cy’ubwubatsi ku mugaragaro
Mu mafoto ...
Amafoto: Muzogeye Plaisir
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|