Perezida wa FIFA yashyize ibuye ry’ifatizo ahazubakwa Hotel ya FERWAFA-Amafoto

Kuri uyu wa Gatandatu, Umuyobozi wa FIFA Gianni Infantino yageze mu Rwanda ashyira ibuye ry’ifatizo ahubakwa Hotel ya FERWAFA

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu ahagana mu Saa Cyenda z’amanywa, ni bwo Gianni Infantino uyobora Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku Isi (FIFA) yageze mu Rwanda, aho yihiytiye kuri Stade Amahoro akabanza kureba umukino Police Fc yanganyijemo na Rayon Sports ibitego 2-2.

Nyuma yahao yerekeje iruhande rwa FERWAFA ahari kubakwa Hotel y’iri shyirahamwe, maze ahashyira ibuye ry’ifatizo ndetse anatangiza igikorwa cy’ubwubatsi ku mugaragaro

Mu mafoto ...

Yabanje kureba umupira wa Police ba Rayon Sports
Yabanje kureba umupira wa Police ba Rayon Sports
Yashimijwe no gufata umwiko n'imbaho y'amazi maze agatangiza iyubakwa rya Hotel ya FERWAFA
Yashimijwe no gufata umwiko n’imbaho y’amazi maze agatangiza iyubakwa rya Hotel ya FERWAFA
Lt Colonel Patrice Rugambwa, Umunyamabanga uhoraho muri MINISPOC wari uhagarariye Leta y'u Rwanda
Lt Colonel Patrice Rugambwa, Umunyamabanga uhoraho muri MINISPOC wari uhagarariye Leta y’u Rwanda
Perezida wa Ferwafa yashimiye umuyobozi wa FIFA wasuye u Rwanda
Perezida wa Ferwafa yashimiye umuyobozi wa FIFA wasuye u Rwanda
Umuhanzi King James nawe yari yaje kureba uyu mukino wanarebwe na Perezida wa FIFA
Umuhanzi King James nawe yari yaje kureba uyu mukino wanarebwe na Perezida wa FIFA
Nyuma Gianni Infantino yaje gusinya mu gitabo cy'abahageze ndetse anabagenera ubutumwa
Nyuma Gianni Infantino yaje gusinya mu gitabo cy’abahageze ndetse anabagenera ubutumwa
Banasangiye ku muvinyo
Banasangiye ku muvinyo
Nyuma yo gutangiza igikorwa cyo kubaka iyi Hotel
Nyuma yo gutangiza igikorwa cyo kubaka iyi Hotel

Amafoto: Muzogeye Plaisir

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka