Mu mafoto: Uko byari byifashe APR Fc itsinda Rayon Sports

Ikipe ya APR Fc yatsinze Rayon Sports mu mukino wabereye kuri Stade Amahoro, ihita inayikura ku mwanya wa mbere yari imazeho iminsi

Mu mukino usanzwe ufatwa nk’uwa mbere mu kurebwa n’abantu benshi bitewe no guhangana kw’amakipe yombi, APR Fc yihereranye Rayon Sports yari yaje mu modoka zo mu bwoko bwa V8, igitego kimwe ku busa cyatsinzwe ku munota wa 23 na Issa Bigirimana.

Ni uku byari byifashe .....

Kubona itike yo kwinjira byagusabaga n'indeshyo ihagije
Kubona itike yo kwinjira byagusabaga n’indeshyo ihagije
Rwarutabura mbere y'umukino yari yabukereye ...
Rwarutabura mbere y’umukino yari yabukereye ...
Abafana ba APR nyuma y'umukino
Abafana ba APR nyuma y’umukino
Abakinnyi ba Rayon Sports bataha ...
Abakinnyi ba Rayon Sports bataha ...
Imodoka zo mu bwoko bwa V8 zari zazanye abakinnyi ba Rayon Sports
Imodoka zo mu bwoko bwa V8 zari zazanye abakinnyi ba Rayon Sports
Abakinnyi barishimira intsinzi, nk'uko iyo ikipe ya DR Congo itsinze ibigenza ..
Abakinnyi barishimira intsinzi, nk’uko iyo ikipe ya DR Congo itsinze ibigenza ..
Umukino wakomeje kurangwa n'amahane ...
Umukino wakomeje kurangwa n’amahane ...
Kuri Stade berekana uko mu bafana byifashe ...
Kuri Stade berekana uko mu bafana byifashe ...
Manishimwe Djabel nawe ahindura umupira ...
Manishimwe Djabel nawe ahindura umupira ...
Rayon Sports yashakishije igitego ariko biranga
Rayon Sports yashakishije igitego ariko biranga
Abafana ba Rayon Sports ntibigeze babona umwanya wo kwishima
Abafana ba Rayon Sports ntibigeze babona umwanya wo kwishima
Nzayisenga Jean d'Amour uzwi ku izina rya Mayor, yohereza umupira ngo ba rutahizamu birwaneho
Nzayisenga Jean d’Amour uzwi ku izina rya Mayor, yohereza umupira ngo ba rutahizamu birwaneho
Ubwugarizi bwa APR Fc bwari buhagaze neza ..
Ubwugarizi bwa APR Fc bwari buhagaze neza ..
Mvuyekure Emery mu minota ya nyuma, yafataga umupira akicara gake gake ...
Mvuyekure Emery mu minota ya nyuma, yafataga umupira akicara gake gake ...
Rusheshangoga Michel ahanganye na Eric Irambona
Rusheshangoga Michel ahanganye na Eric Irambona
Stade yo iba yakubise yuzuye, aho ni igice cyari kiganjemo abafana ba APR
Stade yo iba yakubise yuzuye, aho ni igice cyari kiganjemo abafana ba APR
Ndayishimiye Eric Bakame akuramo umupira
Ndayishimiye Eric Bakame akuramo umupira
Savio ashaka umupira ...
Savio ashaka umupira ...
Djihad Bizimana na Nshuti Dominique Savio
Djihad Bizimana na Nshuti Dominique Savio
Mu rubuga rw'amahina, Rugwiro Herve yabaga acungira hafi Moussa Camara
Mu rubuga rw’amahina, Rugwiro Herve yabaga acungira hafi Moussa Camara
Byari ishiraniro ..
Byari ishiraniro ..

Amafoto: Muzogeye Plaisir

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 9 )

NDISHIMIRA INSHINZI KURI BUGESERA APR FC OYY........

RUKUNDO EMMANUEL yanditse ku itariki ya: 10-10-2019  →  Musubize

NJYEWE MBONA TUDATSINZE BUGESERA IGIKOMBE TWABA TUKIBUZE MURAKOZE

ernest yanditse ku itariki ya: 22-04-2019  →  Musubize

kbx apr ni ubukombe peee ndumva reyon itagaragara mukibuga mutahe kbx

mugwaneza erasto yanditse ku itariki ya: 13-12-2018  →  Musubize

erega abareyo babyinnye mbere yumuziki iyo badutsinda ntitwari kubakira2.ariko deribi nkizi ziba zikenew2

LAVY J M V sibomana yanditse ku itariki ya: 1-05-2018  →  Musubize

Hhhhhhhhhhhhhh birashekeje kuza muri V8 warangiza ugatsindwa aringe nataha namaguru pe.
gusa ndishimye kuba APR yacu yarabikoze.

IRIHAFI Didier yanditse ku itariki ya: 25-10-2017  →  Musubize

njye mbona mumyaka irimbere a p r izaba imeze nk’amakipe yo kumugabane wuburayi nka rivapour cyangwa chersea nandi menshi

njye ndabona amakipe yo murwanda ntacyo arusha a p r fc gusa nyine nukujya twitondera amakipe mato nk’isonga musanze nandi menshi

icyo nasaba abafana nuko twajya dufana mpaka umukino urangiye

umukunzi wa a p r fc fanta tonic gerard

fanta tonic gerard yanditse ku itariki ya: 14-07-2017  →  Musubize

abarafanabaREOSPORT turihanganye.

HABIMANA yanditse ku itariki ya: 23-01-2017  →  Musubize

Erega aba rayon bari bakicaye muri V8 bashiduka Bigirimana ababwira ati muri mu kibuga mureke dukine.nukuvuga ngo kwisumbukuruza bakaza muri V8 ntibibabereye tubamenyereye muri KBS, IMana ishimwe ntitwari kubakira weeeeeeee amagambo yashize ivuga kbsa batureke twibyinire .gusa iji gisebe bazagikira batinze

jeannine yanditse ku itariki ya: 22-01-2017  →  Musubize

Habonetse nka makipe 5 mu giugu bitabira gutyo umukino wa maguru watera imbere mu gihugu FERWAFA niko ibishoboka iteze umukino wa maguru imbere shramo amafaranga muri shampiona yu mupira wa maguru byogere ingufu andi makipe .

Bimawuwa yanditse ku itariki ya: 21-01-2017  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka