Ferwafa yamaze kwemeza ko Mashami Vincent usanzwe atoza Bugesera na Higiro Thomas utoza abanyezamu muri As Kigali bagomba kuba abatoza bungirije mu ikipe y’igihugu Amavubi.
Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
Ferwafa yamaze kwemeza ko Mashami Vincent usanzwe atoza Bugesera na Higiro Thomas utoza abanyezamu muri As Kigali bagomba kuba abatoza bungirije mu ikipe y’igihugu Amavubi.
|
Bimwe mu biraro biteye impungenge (Amafoto)
Cricket: Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda yabonye umutoza mushya
U Burusiya: Minisitiri w’Ingabo wungirije yatawe muri yombi
Kamonyi: Imibiri yari ishyinguye mu mva z’i Kayumbu yimuriwe mu rwibutso rwa Bunyonga
NIBYIZAGUSANIBAKOMEREZAHO.!!
Ni byiza kuko Mashami ntajya agegenkera abakinnyi agira ishyaka ryinshi...Turamukunda cyane..Imana Iduhire mu mupira
Aho rwose ferwafa yahisemo neza barabikwiye.
nukuri mashami arashoboye gusa mukore uko mushoboye kose mutugeze kure hashoboka erega nigikombe ntitwacyanga kuko tubizeyeho ububasha,mutugarurire icyizere cyicyipe yacu amavubi.thanks kgl today
nukuri pe mashami arashoboye naze afashe hey,kandi nukuri icyo twabasaba ni ukutugarurira icyizere cyikipe yacu amavubi kandi mashami turamwizeye, nadusezeranye ko azakora uko bashoboye we na hey namugenzi wabo murakoze ni RUGAMBA Amani.