Mashami na Higiro bagizwe abatoza bungirije Antoine Hey mu Mavubi

Mashami Vincent na Higiro Thomas bahawe akazi ko kuba abatoza bungirije Antoine Hey uheruka kugirwa umutoza w’Amavubi

Mashami Vincent utoza Bugesera yagizwe umutoza w'Amavubi
Mashami Vincent utoza Bugesera yagizwe umutoza w’Amavubi

Ferwafa yamaze kwemeza ko Mashami Vincent usanzwe atoza Bugesera na Higiro Thomas utoza abanyezamu muri As Kigali bagomba kuba abatoza bungirije mu ikipe y’igihugu Amavubi.

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 5 )

NIBYIZAGUSANIBAKOMEREZAHO.!!

JAPHET yanditse ku itariki ya: 31-03-2017  →  Musubize

Ni byiza kuko Mashami ntajya agegenkera abakinnyi agira ishyaka ryinshi...Turamukunda cyane..Imana Iduhire mu mupira

Jean Claude NZABONIMPA yanditse ku itariki ya: 31-03-2017  →  Musubize

Aho rwose ferwafa yahisemo neza barabikwiye.

Nkusi yanditse ku itariki ya: 31-03-2017  →  Musubize

nukuri mashami arashoboye gusa mukore uko mushoboye kose mutugeze kure hashoboka erega nigikombe ntitwacyanga kuko tubizeyeho ububasha,mutugarurire icyizere cyicyipe yacu amavubi.thanks kgl today

RUGAMBA Amani yanditse ku itariki ya: 30-03-2017  →  Musubize

nukuri pe mashami arashoboye naze afashe hey,kandi nukuri icyo twabasaba ni ukutugarurira icyizere cyikipe yacu amavubi kandi mashami turamwizeye, nadusezeranye ko azakora uko bashoboye we na hey namugenzi wabo murakoze ni RUGAMBA Amani.

RUGAMBA Amani yanditse ku itariki ya: 30-03-2017  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka