MAN CITY na LIVERPOOL zizahurira muri 1/4 cya Champions League

Tombora igaragaza uburyo amakipe azahura muri 1/4 cy’amakipe yatwaye ibikombe iwayo ndetse n’andi akomeye mu Burayi (Champions League) imaze kuba kuri uyu wa Gatanu.

Icyagaragaye muri iyi tombora ni uko amakipe abiri yo mu gihugu cy’Ubwongereza ariyo Liverpool na Manchester City azahurira muri 1/4 cy’iri rushanwa.

Dore uko andi makipe azahura muri 1/4 cya Champions League

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 4 )

barisa nge ukombibona izagera finar

varens yanditse ku itariki ya: 2-12-2020  →  Musubize

sarama bavand brica izatsind roma ibitego 2

varens yanditse ku itariki ya: 2-12-2020  →  Musubize

Hariya dufite kwifata kur city na really nkaho izindi nka barcelona na beyern zarakomeje tx!

Nezerwa tha carter yanditse ku itariki ya: 17-03-2018  →  Musubize

Ngendabona Barcelona izagera finari nahubundi iyo man city itombora barceron tukarebamache ishyushye.murkoze mukomeze mutugezeho amakuru meza

Tuyisenge leodomir yanditse ku itariki ya: 16-03-2018  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka